Imyanya 5 y’AKAZI mu Ikigo Nderabuzima cya Gahanga, Rwanda(a day to go)

NTARENGWA:
29/06/2016
Ikigo Nderabuzima cya Gahanga giherereye mu Murenge wa Gahanga,
Akarere ka Kicukiro kirashaka gutanga akazi ku myanya ikurikira ku bakozi
bagengwa n’amasezerano:

  1. Umuforomo wo ku rwego rwa A1(1)
  1. Umukozi ushinzwe ubuzima rusange bw’abaturage A1(1)
  1. Umukozi ukora muri laboratoire ku rwego rwa A1 (1)
  1. Umusociale wo ku rwego rwa A2 (1)
  1. Umubitsi w’ikigo nderabuzima wo ku rwego rwa A2 (1)
Ibyo usaba akazi agomba kuba yujuje
  1. Umuforomo (1)
  • Kuba ari Umunyarwanda
  • Kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire
  • Kuba afite impamyabumenyi yo ku rwego rwa A1
  • Kuba afite ibyangombwa bimwemerera gukora umwuga mu Rwanda
  • Kuba azi Ikinyarwanda, igifaransa n’icyongereza
  1. Ubuzima rusange
  • Kuba ari Umunyarwanda
  • Kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire
  • KUba afite impamyabumenyi yo ku rwego rwa A1
  • KUba afite ibyangombwa bimwemerera gukora umwuga mu Rwanda
  • Kuba azi ikinyarwanda, igifaransa n’icyongereza
  • Kuba afite impamyabumenyi muri santé Publique, Sociology,
    social work
  • Kuba yarize umwuga w’ubuforomo mu mashuri yisumbuye byaba ari
    akarusho
  1. Ukora muri Laboratoire (1)
  • Kuba ari Umunyarwanda
  • Kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire
  • KUba afite impamyabumenyi yo ku rwego rwa A1
  • KUba afite ibyangombwa bimwemerera gukora umwuga mu Rwanda
  • Kuba azi ikinyarwanda, igifaransa n’icyongereza
  1. Umusociale (1)
  • Kuba ari Umunyarwanda
  • Kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire
  • KUba afite impamyabumenyi yo ku rwego rwa A2
  • KUba afite ibyangombwa bimwemerera gukora umwuga mu Rwanda
  • Kuba azi ikinyarwanda, igifaransa n’icyongereza
  1. Umubitsi (1)
  • Kuba ari Umunyarwanda
  • Kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire
  • KUba afite impamyabumenyi yo ku rwego rwa A2 (Comptabilité,
    Commerce et Comptabilité, MEG)
  • Kuba afite ubumenyi kuri mudasobwa (logiciel word na Excel)
  • Kuba azi ikinyarwanda, igifaransa n’icyongereza
Uko Baka Akazi
Abifuza gusaba akazi kuri iyo myanya yavuzwe haruguru, basabwe
kugeza mu bunyamabanga bw’ikigo nderabuzima ibi bikurikira:
  • Fiche yuzuzwa n’usaba akazi yujuje neza iboneka ku rubuga
    www.psc .gov.rw
  • Impamyabumenyi itariho umukono wa notaire
  • Photocopy y’indangamuntu
  • Icyemezo cy’urugaga (ku bo bireba)
  • Icyemezo cy’umukoresha wa nyuma ku bakoze ahandi
  • Equivalence ku batarize mu Rwanda
Iri tangazo mwarisanga ku rubuga rw’Akarere ka kicukiro: www.kicukirodistrict.gov.rw.
Itariki
ntarengwa yo gutanga amabaruwa asaba ni tariki ya 29/kamena/2016 saa kumi
n’imwe z’umugoroba.
HABARUREMA
Emmanuel

Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Gahanga

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *