NTARENGWA:
29/06/2016
29/06/2016
Ikigo Nderabuzima cya Gahanga giherereye mu Murenge wa Gahanga,
Akarere ka Kicukiro kirashaka gutanga akazi ku myanya ikurikira ku bakozi
bagengwa n’amasezerano:
Akarere ka Kicukiro kirashaka gutanga akazi ku myanya ikurikira ku bakozi
bagengwa n’amasezerano:
- Umuforomo wo ku rwego rwa A1(1)
- Umukozi ushinzwe ubuzima rusange bw’abaturage A1(1)
- Umukozi ukora muri laboratoire ku rwego rwa A1 (1)
- Umusociale wo ku rwego rwa A2 (1)
- Umubitsi w’ikigo nderabuzima wo ku rwego rwa A2 (1)
Ibyo usaba akazi agomba kuba yujuje
- Umuforomo (1)
- Kuba ari Umunyarwanda
- Kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire
- Kuba afite impamyabumenyi yo ku rwego rwa A1
- Kuba afite ibyangombwa bimwemerera gukora umwuga mu Rwanda
- Kuba azi Ikinyarwanda, igifaransa n’icyongereza
- Ubuzima rusange
- Kuba ari Umunyarwanda
- Kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire
- KUba afite impamyabumenyi yo ku rwego rwa A1
- KUba afite ibyangombwa bimwemerera gukora umwuga mu Rwanda
- Kuba azi ikinyarwanda, igifaransa n’icyongereza
- Kuba afite impamyabumenyi muri santé Publique, Sociology,
social work
- Kuba yarize umwuga w’ubuforomo mu mashuri yisumbuye byaba ari
akarusho
- Ukora muri Laboratoire (1)
- Kuba ari Umunyarwanda
- Kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire
- KUba afite impamyabumenyi yo ku rwego rwa A1
- KUba afite ibyangombwa bimwemerera gukora umwuga mu Rwanda
- Kuba azi ikinyarwanda, igifaransa n’icyongereza
- Umusociale (1)
- Kuba ari Umunyarwanda
- Kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire
- KUba afite impamyabumenyi yo ku rwego rwa A2
- KUba afite ibyangombwa bimwemerera gukora umwuga mu Rwanda
- Kuba azi ikinyarwanda, igifaransa n’icyongereza
- Umubitsi (1)
- Kuba ari Umunyarwanda
- Kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire
- KUba afite impamyabumenyi yo ku rwego rwa A2 (Comptabilité,
Commerce et Comptabilité, MEG)
- Kuba afite ubumenyi kuri mudasobwa (logiciel word na Excel)
- Kuba azi ikinyarwanda, igifaransa n’icyongereza
Uko Baka Akazi
Abifuza gusaba akazi kuri iyo myanya yavuzwe haruguru, basabwe
kugeza mu bunyamabanga bw’ikigo nderabuzima ibi bikurikira:
kugeza mu bunyamabanga bw’ikigo nderabuzima ibi bikurikira:
- Fiche yuzuzwa n’usaba akazi yujuje neza iboneka ku rubuga
www.psc .gov.rw
- Impamyabumenyi itariho umukono wa notaire
- Photocopy y’indangamuntu
- Icyemezo cy’urugaga (ku bo bireba)
- Icyemezo cy’umukoresha wa nyuma ku bakoze ahandi
- Equivalence ku batarize mu Rwanda
Iri tangazo mwarisanga ku rubuga rw’Akarere ka kicukiro: www.kicukirodistrict.gov.rw.
Itariki
ntarengwa yo gutanga amabaruwa asaba ni tariki ya 29/kamena/2016 saa kumi
n’imwe z’umugoroba.
ntarengwa yo gutanga amabaruwa asaba ni tariki ya 29/kamena/2016 saa kumi
n’imwe z’umugoroba.
HABARUREMA
Emmanuel
Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Gahanga
Emmanuel
Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Gahanga