NTARENGWA: 17/03/2017
Koperative
TUZAMURANE ikora imirimo yo gutunganya inanasi (Kuzumisha), ikorera mu Mudugudu
wa BYIMANA, Akagari ka RUBIMBA, Umurenge wa GAHARA, Akarere ka KIREHE, Intara
y’Iburasirazuba, iramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubumenyi
n’ubushobozi ko ishaka gutanga akazi ku mukozi w’inzobere mu gutunganya
ibiribwa (Food scientist)
TUZAMURANE ikora imirimo yo gutunganya inanasi (Kuzumisha), ikorera mu Mudugudu
wa BYIMANA, Akagari ka RUBIMBA, Umurenge wa GAHARA, Akarere ka KIREHE, Intara
y’Iburasirazuba, iramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubumenyi
n’ubushobozi ko ishaka gutanga akazi ku mukozi w’inzobere mu gutunganya
ibiribwa (Food scientist)
Usaba
ako kazi agomba kuba yujuje ibi bikurikira:
ako kazi agomba kuba yujuje ibi bikurikira:
- Kuba
ari umunyarwanda;
- Kuba
afite Impamyabushobozi ya Kaminuza (A0) mu gutunganya ibiribwa (Food
Sciences)
- Kuba
afite uburambe nibura bw’umwaka 1 muri ako kazi;
- Kuba
yarakoze imirimo yo gutunganya ibituruka ku nanasi (Kuzumisha) byaba ari
akarusho;
- Kuba
azi gukoresha neza mudasobwa cyane cyane Ms Excel na Ms Word;
· Kuba azi neza
Icyongereza cyangwa Igifaransa. Kuba azi izo ndimi zombi byaba ari
akarusho;
- Kuba
yarakoze muri Koperative byaba ari akarusho;
- Kuba
yiteguye gukorera no gutura mu Murenge wa Gahara, Akarere ka Kirehe;
- Kuba
ari indakemwa mu mico no mu myifatire.
Abujuje
ibisabwa kuri uyu mwanya bose basabwe kuzana amabaruwa asaba akazi yandikiwe
Umuyobozi wa Koperative TUZAMURANE yometseho:
ibisabwa kuri uyu mwanya bose basabwe kuzana amabaruwa asaba akazi yandikiwe
Umuyobozi wa Koperative TUZAMURANE yometseho:
- Umwirondoro
(C.V) uriho abantu batatu bamuzi neza;
- Fotokopi
y’indangamuntu;
- Fotokopi
ya Dipolome n’ibindi byemezo by’ingirakamaro nk’iby’amahugurwa;
- Ibyemezo
by’aho yakoze iyo mirimo biriho amazina na telefoni z’abayobozi baho;
Ibi
byose biri mu ibaruwa ifunze neza bikagezwa ku biro bya Koperative TUZAMURANE
biri mu Murenge wa Gahara, mu Karere ka Kirehe, cyangwa bikoherezwa kuri e-mail
tuzamurane09@yahoo.fr bitarenze kuwa gatanu tariki ya 17/03/2017 saa kumi
n’imwe (17h00’). Umunsi w’ikizamini bazawumenyeshwa nyuma.
byose biri mu ibaruwa ifunze neza bikagezwa ku biro bya Koperative TUZAMURANE
biri mu Murenge wa Gahara, mu Karere ka Kirehe, cyangwa bikoherezwa kuri e-mail
tuzamurane09@yahoo.fr bitarenze kuwa gatanu tariki ya 17/03/2017 saa kumi
n’imwe (17h00’). Umunsi w’ikizamini bazawumenyeshwa nyuma.
Bikorewe
Gahara, taliki ya 03/03/2017
Gahara, taliki ya 03/03/2017
HAKUZIMANA
Jean Damascene
Jean Damascene
Umuyobozi
wa Koperative TUZAMURANE
wa Koperative TUZAMURANE

