|
Akarere ka Nyamasheke karifuza
gutanga akazi ku myanya ikurikira :
Abifuza gupiganira iyi myanya basabwe
kwihutira kuzuza ifishi isabirwaho akazi (Application form) iboneka ku rubuga rwa Komisiyo ishinzwe Abakozi ba Leta www.psc.gov.rw cyangwa mu biro by’umukozi ushinzwe abakozi mu Karere
Dosiye zisaba akazi kuri iyi myanya
zigizwe n’ifishi isabirwaho akazi yujuje neza, iherekejwe na fotokopi y’impamyabushobozi isabwa na fotokopi y’indangamuntu zigomba kuba zagejejwe mu bunyamabanga rusange bw’Akarere ka Nyamasheke bitarenze ku wa gatatu tariki ya 07/11/2012 saa kumi n’imwe z’umugoroba.
N.B. : Abafite
impamyabumenyi zo mu mahanga basabwe gushyiraho fotokopi ya equivalence y’impamyabumenyi zabo itanga na High Education Council
Abakandida bazemezwa nyuma y’ijonjora
bazerekana impamyabumenyi z’umwimerere mbere y’uko bakora ikizamini cyanditse |
Imyanya 30 y’AKAZI ku Karere ka Nyamasheke, Rwanda
Subscribe
Login
0 Comments