Gasabo District 38 Various Jobs Vacancies in Kigali, Rwanda

REPUBULIKA Y’U 
RWANDA

UMUJYI WA KIGALI

AKARERE KA GASABO

WEBSITE: www.gasabo.gov.rw

E-mail: info@gasabo.gov.rw

BP. 7066 KIGALI

 ITANGAZO
RY’ AKAZI

Ubuyobozi bw’Akarere
ka Gasabo buramenyesha ababyifuza ko Akarere ka Gasabo gashaka gutanga akazi ku
myanya ikurikira:

 

1.
Umwanya wa ” Land Valuator” (1)

Ibisabwa kuri uwo
mwanya ni ibi bikurikira:

  • Kuba
    ari Umunyarwanda
  • Kuba
    indakemwa mu mico n’imyifatire
  • Kuba
    afite impamyabumenyi yo mu cyiciro cya kabiri cya Kaminuza  (A0 )
    muri rimwe mu mashami akurikira :
  1. Civil
    Engineering,
  2. Real
    Estate and Valuation.
  • Kuba
    azi gukoresha mudasobwa by’umwihariko “Logiciels”   zikoreshwa
    mu icungwa ry’ubutaka (GIS).
  • Kuba azi
    neza igifaransa cyangwa icyongereza, kubimenya byombi byaba akarusho.

 

2.
Umwanya wa ” Professional in Charge of Land Surveys & GIS” (1)

Ibisabwa kuri uwo
mwanya ni ibi bikurikira:

  • Kuba
    ari Umunyarwanda
  • Kuba
    indakemwa mu mico n’imyifatire
  • Kuba
    afite impamyabumenyi yo mu cyiciro cya kabiri cya Kaminuza  (A0 )
    muri rimwe mu mashami akurikira :
  1. Land
    Management,
  2. Urban
    Planning,
  3. Geography
    Information System & remote sensing, 
  4. Civil
    Engineering
  • Kuba
    azi gukoresha mudasobwa by’umwihariko “Logiciels”   zikoreshwa
    mu icungwa ry’ubutaka (GIS).
  • Kuba
    azi neza igifaransa cyangwa icyongereza, kubimenya byombi byaba akarusho.

 

3.
Umwanya wa “In charge of Territorial Administration & Decentralized
Governance” (1)

Ibisabwa kuri uwo
mwanya ni ibi bikurikira:

  • Kuba ari
    Umunyarwanda
  • Kuba
    indakemwa mu mico n’imyifatire
  • Kuba
    afite impamyabumenyi yo mu cyiciro cya kabiri cya Kaminuza  (A0 )
    muri rimwe mu mashami akurikira :
  1. Political
    Sciences,
  2. Public 
    Administration,
  3. Social
    Sciences,
  4. Law,
  5. with 2
    years working experience.
  • Kuba
    azi neza gukoresha mudasobwa nibura Word, Exel na PowerPoint.
  • Kuba
    azi neza igifaransa cyangwa icyongereza, kubimenya byombi byaba akarusho.

 

4.
Umwanya wa “Health  and Social Protection“ mu Murenge (2)

Ibisabwa kuri uwo
mwanya ni ibi bikurikira:

  • Kuba
    ari Umunyarwanda
  • Kuba
    indakemwa mu mico n’imyifatire
  • Kuba
    afite impamyabumenyi yo mu cyiciro cya kabiri cya Kaminuza  (A0 )
    muri rimwe mu mashami akurikira :
  1. Public
    Health,
  2. Health
    Sciences,
  3. Clinical
    Psychology,
  4. Social
    Sciences,
  5. Rural
    Development,
  6. Community
    Development.
  • Kuba
    azi neza gukoresha mudasobwa nibura Word, Exel na PowerPoint.
  • Kuba
    azi neza igifaransa cyangwa icyongereza, kubimenya byombi byaba akarusho.

 

5.
Umukozi ushinzwe Imicungire y’Ubutaka n’Ibikorwa Remezo mu Murenge
(Professional in  charge of Land Management, Infrastructures and Rural
Settlement): 9

Ibisabwa kuri uwo
mwanya ni ibi bikurikira:

  • Kuba
    ari Umunyarwanda
  • Kuba
    indakemwa mu mico n’imyifatire
  • Kuba
    afite impamyabumenyi yo mu cyiciro cya kabiri cya Kaminuza  (A0) muri
    rimwe mu mashami akurikira :
  1. Land
    Management;
  2. Civil
    Engineering;
  3. Geography
    Information System & remote sensing.
  • Kuba
    azi gukoresha mudasobwa by’umwihariko “Logiciels”   zikoreshwa
    mu icungwa ry’ubutaka (GIS).
  • Kuba
    azi neza igifaransa cyangwa icyongereza, kubimenya byombi byaba akarusho.

 

6.
Umukozi ushinzwe Irangamimerere mu Murenge akaba na Noteri (2)

Ibisabwa kuri uwo
mwanya ni ibi bikurikira:

  • Kuba
    ari Umunyarwanda
  • Kuba
    indakemwa mu mico n’imyifatire
  • Kuba
    afite impamyabumenyi yo mu cyiciro cya kabiri cya Kaminuza  (A0 ) mu
    Ishami ry’Amategeko (Law).
  • Kuba
    azi neza gukoresha mudasobwa nibura Word, Exel na PowerPoint.
  • Kuba
    azi neza igifaransa cyangwa icyongereza, kubimenya byombi byaba akarusho.

 

7.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge (1)

Ibisabwa kuri uwo
mwanya ni ibi bikurikira:

  • Kuba
    ari Umunyarwanda
  • Kuba
    indakemwa mu mico n’imyifatire
  • Kuba
    afite impamyabumenyi yo mu cyiciro cya kabiri cya Kaminuza  (A0 )
    muri rimwe mu mashami akurikira :
  1. Management;
  2. Public
    Finance;
  3. Development
    Economics;
  4. Economics;
  5. Public
    Administration;
  6. Political
    Sciences;
  7. Social
    Sciences;
  8. Law.
  • Kuba
    azi neza gukoresha mudasobwa nibura Word, Exel na PowerPoint.
  • Kuba
    azi neza igifaransa cyangwa icyongereza, kubimenya byombi byaba akarusho.
  • Kuba
    afite uburambe bw’imyaka itatu (3) mu kazi.

 

8.
Umwanya wa « Secretary & Customer Care » mu Murenge (1)

Ibisabwa kuri uwo
mwanya ni ibi bikurikira:

  • Kuba
    ari Umunyarwanda ;
  • Kuba
    indakemwa mu mico n’imyifatire ;
  • Kuba
    afite impamyabumenyi y’Amashuri Yisumbuye mu Bunyamabanga (A2
    Secretariat) ;
  • Kuba
    azi neza gukoresha mudasobwa nibura Word, Exel, Internet na PowerPoint.
  • Kuba
    azi neza igifaransa cyangwa icyongereza, kubimenya byombi byaba akarusho.

 

9.
Umwanya w’Umuforomo A2 mu  Bigo Nderabuzima (15)

Ibisabwa kuri uwo
mwanya ni ibi bikurikira:

  • Kuba
    ari Umunyarwanda ;
  • Kuba
    indakemwa mu mico n’imyifatire ;
  • Kuba
    afite impamyabumenyi y’Amashuri Yisumbuye mu Buforomo (A2 Sciences
    Infirmières, Nursing) ;
  • Kuba
    azi neza igifaransa cyangwa icyongereza, kubimenya byombi byaba akarusho.
  • Kuba
    yarahuguwe mu birebana no Kuringaniza urubyaro (« certificat »
    muri « Family Planning »
    izatangwa hamwe na dosiye isaba
    akazi) ;

 

10.
Umwanya wa « Laborantin A2 » mu Bigo Nderabuzima (2)

Ibisabwa kuri uwo
mwanya ni ibi bikurikira:

  • Kuba
    ari Umunyarwanda ;
  • Kuba
    indakemwa mu mico n’imyifatire ;
  • Kuba
    afite impamyabumenyi y’Amashuri Yisumbuye mu birebana na Laboratwari (A2
    Laboratoire) ;
  • Kuba
    azi neza igifaransa cyangwa icyongereza, kubimenya byombi byaba akarusho.

 

11. 
Umwanya w’Umusosiyari A2  mu Kigo Nderabuzima (1)

Ibisabwa kuri uwo
mwanya ni ibi bikurikira:

  • Kuba
    ari Umunyarwanda ;
  • Kuba
    indakemwa mu mico n’imyifatire ;
  • Kuba
    afite impamyabumenyi y’Amashuri Yisumbuye mu birebana n’Imbonezamubano (A2
    Action Sociale) ;
  • Kuba
    azi neza igifaransa cyangwa icyongereza, kubimenya byombi byaba akarusho.
  • Kuba
    afite nibura uburambe bw’imyaka itatu (3) mu kazi k’imbonezamubano.

 

12. 
Umwanya w’Umucungamari ( « Accountant A2 ») mu Kigo Nderabuzima (1)

Ibisabwa kuri uwo
mwanya ni ibi bikurikira:

  • Kuba
    ari Umunyarwanda ;
  • Kuba
    indakemwa mu mico n’imyifatire ;
  • Kuba
    afite impamyabumenyi y’Amashuri Yisumbuye muri rimwe mu mashami
    akurikira :
  1. Comptabilité ;
  2. Commerce
    et Comptabilité
  • Kuba
    azi neza igifaransa cyangwa icyongereza, kubimenya byombi byaba akarusho.
  • Kuba
    afite nibura uburambe bw’imyaka itatu (3) mu kazi k’icungamari.

 

13. 
Umwanya wa “Data Manager” uzakurikirana amavuriro yigenga (1)

Uyu mukozi
azakorera ku masezerano azamara amezi cumi n’abiri (12). Azahembwa ku nkunga ya
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE)

Ibisabwa kuri uwo
mwanya ni ibi bikurikira:

  • Kuba
    ari Umunyarwanda
  • Kuba
    indakemwa mu mico n’imyifatire
  • Kuba
    afite impamyabumenyi yo mu cyiciro cya kabiri cya Kaminuza  (A0 )
    muri rimwe mu mashami akurikira :
  1. Santé
    Publique;
  2. Sciences
    Sociales;

Cyangwa afite
  
impamyabumenyi yo mu cyiciro cya mbere cya Kaminuza  (A1 )
muri rimwe muri aya mashami akurikira:

  1.  Statistiques,
  2. Sciences
    Infirmières.
  • Kuba
    azi neza gukoresha mudasobwa nibura Word, Exel, PowerPoint, STATA,
    SPSS ;
  • Kuba
    ashobora guhugura abakozi bo mu mavuriro mu bijyanye na Database y’Ubuzima
    (HMIS) ;
  • Kuba
    ashobora gukora raporo akoresheje « graphiques, cartes, tableaux,…)
  • Kuba
    azi neza igifaransa cyangwa icyongereza, kubimenya byombi byaba akarusho.
  • Kuba
    afite nibura uburambe bw’imyaka itatu (3) mu kazi k’ibarurishamibare.

 

Uko
Basaba Akazi

Abifuza gupiganira
iyi myanya buzuza ifishi isaba akazi iboneka  ku rubuga rwa internet rwa
Komisiyo y’Abakozi ba Leta: www.psc.gov.rw

Iyo imaze kuzuzwa
ishyirwa mu Bunyamabanga Rusange bw’Akarere iherekejwe na fotokopi
y’impamyabushobozi isabwa na fotokopi y’indangamuntu bitariho umukono wa
Noteri. Kwakira amadosiye y’abakandida bizarangira ku wa gatanu taliki ya 17/01/2014.

Abakandida batsinze
ibizamini, mbere yo gutangira akazi bagomba kuzana ibyangombwa bikurikira:

  1. Umwirondoro
    wuzuye (CV);
  2. Fotokopi
    y’impamyabumenyi iriho umukono wa Noteri;
  3. Ifoto
    ngufi imwe;
  4. Icyemezo
    cy’uko atakatiwe igifungo kigera cyangwa kirenze amezi atandatu (6)
  5. Icyemezo
    cyo kwa muganga.

Bikorewe i
Gasabo, ku wa 07/01/2014.

NDAGIJIMANA
Ibrahim

Umunyamabanga
Nshingwabikorwa

w’Akarere ka
Gasabo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *