NTARENGWA
24/6/2015
Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze buramenyesha abantu bose ko hari
imyanya y’akazi ipiganirwa kurwego rw’Akarere :
imyanya y’akazi ipiganirwa kurwego rw’Akarere :
Director of education (1)
Ibisabwa
AO in Education Sciences with 3 years of working experience ;
Or Master’s Degree in Education Sciences with 1 year of working experience.
Or Master’s Degree in Education Sciences with 1 year of working experience.
Nk’uko biteganywa n’iteka rya Perezida No 46/01 ryo kuwa
21/07/2011 rigena uburyo bwo gushaka abakozi bakora mu myanya yo mu butegetsi
bwite bwa Leta , ababyifuza kandi babifitiye ubushobozi basabwe kuzuza ifishi
ikoreshwa mu gusaba akazi, iboneka kurubuga rwa interineti rwa komisiyo
ishinzwe abakozi ba Leta . ku cyicaro cyayo no ku cyicaro cy’Akarere ka MUSANZE
, bakayigeza mu biro by’ubunyamabanga rusange bw’Akarere mu masaha y’akazi
iherekejwe na fotokopi y’impamyabushobozi isabwa na fotokopi y’indangamuntu
bitariho umukono wa Noteri. bitarenze kuwa gatatu tariki ya 24.06.2015 saa
17h00
21/07/2011 rigena uburyo bwo gushaka abakozi bakora mu myanya yo mu butegetsi
bwite bwa Leta , ababyifuza kandi babifitiye ubushobozi basabwe kuzuza ifishi
ikoreshwa mu gusaba akazi, iboneka kurubuga rwa interineti rwa komisiyo
ishinzwe abakozi ba Leta . ku cyicaro cyayo no ku cyicaro cy’Akarere ka MUSANZE
, bakayigeza mu biro by’ubunyamabanga rusange bw’Akarere mu masaha y’akazi
iherekejwe na fotokopi y’impamyabushobozi isabwa na fotokopi y’indangamuntu
bitariho umukono wa Noteri. bitarenze kuwa gatatu tariki ya 24.06.2015 saa
17h00
