CLOSE 1/10/2015
ITANGAZO
Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside iramenyesha
abantu bose babyifuza kandi bujuje ibisabwa ko yifuza gutanga akazi
k’amasezerano y’igihe gito ku bakozi babiri (2) ku mwanya wa Gacaca
Documentation Officer.
abantu bose babyifuza kandi bujuje ibisabwa ko yifuza gutanga akazi
k’amasezerano y’igihe gito ku bakozi babiri (2) ku mwanya wa Gacaca
Documentation Officer.
Abifuza ako kazi bagomba kuba:
1. Ari inyangamugayo;
2. Kuba atarahamwe n’icyaha cya Jenoside,
icy’ivangura, icy’amacakubiri cyangwa icy’ingengabitekerezo ya Jenoside;
icy’ivangura, icy’amacakubiri cyangwa icy’ingengabitekerezo ya Jenoside;
3. Atarakatiwe ku buryo budasubirwaho igihano
cy’iremezo kingana cyangwa kirenze amezi atandatu (6) y’igifungo kitahanaguwe
n’imbabazi z’Itegeko cyangwa ihanagurabusembwa.
cy’iremezo kingana cyangwa kirenze amezi atandatu (6) y’igifungo kitahanaguwe
n’imbabazi z’Itegeko cyangwa ihanagurabusembwa.
4. Afite impamyabushozi nibura y’icyiciro cya kabiri
cya Kaminuza (Bachelor’s degree) mu Mategeko/ Law. Kuba afite Masters byaba ari
akarusho.
cya Kaminuza (Bachelor’s degree) mu Mategeko/ Law. Kuba afite Masters byaba ari
akarusho.
Abifuza ako kazi basabwe kuzuza “application form” iri
ku rubuga rwa Komisiyo Ishinzwe Abakozi ba Leta(www.psc.gov.rw ), iherekejwe na
fotokopi y’impamyabushobozi yabo na fotokopi y’irangamuntu. Izo nyandiko
zigomba kugezwa mu Bunyamabanga Nshingwabikorwa bwa CNLG bitarenze tariki ya
01/10/ 2015 , i saa kumi n’imwe za nimugoroba (17:00).
ku rubuga rwa Komisiyo Ishinzwe Abakozi ba Leta(www.psc.gov.rw ), iherekejwe na
fotokopi y’impamyabushobozi yabo na fotokopi y’irangamuntu. Izo nyandiko
zigomba kugezwa mu Bunyamabanga Nshingwabikorwa bwa CNLG bitarenze tariki ya
01/10/ 2015 , i saa kumi n’imwe za nimugoroba (17:00).
Dr. BIZIMANA Jean Damascène
Umunyamabanga Nshingwabikorwa
