Komisiyo y’igihugu y’Amatora irashaka guha akazi abakozi banyakabyizi bo gukora imrimo yo mu icaplro yaryo.
Ibyo usaba akazi agomba kuba yujuje :
Ibyangombwa bikenewe mu gusaba akazi
Abifuza gusaba ako kazi basabwe kuba bagejeje ku cyicaro cya Komisiyo y’Igihugu y’ Amatora mu nyubako NEC/RRA/OAG Kimihurura, ibisabwa byavuzwe haruguru bitarenze ku wa gatanu tariki 28 Ukuboza 2012 saa kumi n’imwe (17hOO) z’umugoroba. |
Akazi ka nyakabyizi ko mi icapiro muri Komisiyo y’igihugu y’Amatora, Kigali, Rwanda
Subscribe
Login
0 Comments


