Organization: Society for
Family Health – Rwanda
Contact Name: Innocent MUGABO
Vacancy Title: Data Collectors
Application Deadline: Monday 17th June at Noon
Job Category: Research
Family Health – Rwanda
Contact Name: Innocent MUGABO
Vacancy Title: Data Collectors
Application Deadline: Monday 17th June at Noon
Job Category: Research
ITANGAZO RYO GUTANGA AKAZI K´IGIHE GITO
SFH Rwanda irashaka gutanga akazi k´igihe gito
abantu bazayifasha mu bushakashatsi.
abantu bazayifasha mu bushakashatsi.
Ibisabwa:
Ushaka ako kazi k´igihe gito agomba kuba yujuje ibi
bikurikira:
bikurikira:
Uwarangije amashuri yisumbuye:
- Kuba afite byibura impamyabushobozi y´amashuri
atandatu yisumbuye; - Kuba afite byibura imyaka 18 kandi atarengeje
24 ; - Kuba yarize mu ishami ry´Ubumenyamuntu (Human
Sciences/Sciences Humaines), Uburezi (Education), cyangwa Ubuforomo
(Nursing); - Kuba yarigeze gukoraho ikusanyamakuru
ry´ubushakashatsi; - Kuba yarakoze amahugurwa ku bujyanama ku
ihungabana byaba ari akarusho; - Kuba azi gukoresha PDA (Personal Digital
Assistant) mu ikusanyamakuru y´ubushakashatsi ni akarusho; - Kuba avuga kandi yumva neza Ikinyarwanda
(Icyongereza cg igifaransa bikaba akarusho).
Uwarangije amashuri makuru/kaminuza:
- Kuba afite byibura impamyabushobozi ya kabiri
cya Kaminuza (Bachelor/Licence) mu mashami ya Public Health, Education,
Sociology, Statistics cyangwa Nursing; - Kuba afite byibura imyaka 21 kandi atarengeje
45; - Kuba yarigeze gukoraho ikusanyamakuru
y´ubushakashatsi; - Kuba yarakoze ikusanyamakuru ry´ubushakashatsi
byibura inshuro 2 mu bushakashatsi; - Kuba yarakoze amahugurwa ku bujyanama ku
ihungabana byaba ari akarusho ; - Kuba azi gukoresha PDA (Personal Digital
Assistant); - Kuba avuga kandi yumva neza Ikinyarwanda
(Icyongereza cg igifaransa bikaba akarusho).
Gutanga idosiye :
Uwumva yujuje ibisabwa haruguru, arasabwa kuza ku
cyicaro gikuru cya SFH Rwanda, cyibarizwa ku Kacyiru, hafi y´umuhanda ugana
kuri « King Faysal Hospital » imbere ya Radiyo « Voice of Hope » akashyikira
form asabwa kuzuza.
cyicaro gikuru cya SFH Rwanda, cyibarizwa ku Kacyiru, hafi y´umuhanda ugana
kuri « King Faysal Hospital » imbere ya Radiyo « Voice of Hope » akashyikira
form asabwa kuzuza.
Igihe ntarengwa cyo kuba wamaze gutanga iyo form yujuje neza ni kuruyu wambere
tariki 17/06/2013 isaa sita z´amanywa.