Imyanya 3 y’AKAZI mu Ikigo Nderabuzima cya Gishali, Rwanda (a day to go)

NTARENGWA:
08/02/2017
PROVINCE DE L’EST
DISTRICT DE RWAMAGANA
SECTEUR DE GISHALI
CENTRE DE SANTE DE  GISHALI
Tel :0788608506
E-mail :gishalihc@yahoo.com

                                        
ITANGAZO RY’AKAZI No GISHCS/0001/2017
Ikigo Nderabuzima cya Gishali kirifuza gutanga
akazi  ku Banyarwanda bifuza imyanyaikurikira
1. Umubyaza (Sagefemme)
IBISABWA K’UWO MWANYA
Kuba afite ibi bikurikira :
1. Impamyabumenyi y’ikiciro cya mbere cya kaminuza mu
ishami ry’ubuforomo n’ububyaza A1
2. Kuba afite icyemezo cy’urugaga(Licence)
3. Fotokopi y’irangamuntu
4. Kuba atarengeje imyaka 35.
5. Uburambe mu kazi bw’imyaka itatu.




2. Umusosiyare
(Sociale)
IBISABWA
K’UWO MWANYA
Kuba afite ibi bikurikira :
1. Impamyabumenyi y’ikiciro cya
kabiri cy’Amashuri yisumbuye A2 Arts et Humananities
2. Kuba afite ubumenyi mu
ikoranabuhanga :EXCEL,WOLD,ETC.
3. Kuba afite icyemezo
cy’urugaga(Licence)
4. Fotokopi y’irangamuntu
5. Kuba atarengeje imyaka 35.
3. Umubaruramali
(Caissier ou Caissiere)
IBISABWA
K’UWO MWANYA
Kuba afite ibi bikurikira :
1. impamyabumenyi y’ikiciro cya
kabiri cy’Amashuri yisumbuye A2 muri Comptabilite,HEG,Commerce et Comptabilite.
2.Kuba afite ubumenyi mu
ikoranabuhanga :EXCEL,WOLD,ETC.
3.Kuba atarengeje imyaka 35.
4. fotokopi y’irangamuntu




Uko Basaba Akazi
Abifuza gupiganira iyi myamya
basabwe kwihutira kuzuza ifishi isabirwaho akazi (Application form)
iboneka ku rubuga rwa komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta www.psc.gov.rw .cyangwa
mu biro by’umunyamabanga Nshunga Mutungo w’ikigo nderabuzima..
Dosiye zisaba akazi zigizwe n’ibaruwa,n’ibindi byavuzwe
haruguru kuri iyi myanya bigomba kuba byagejejwe mu biro
by’umunyamabanga-Nshunga mutungo bitarenze kuwa kane  tariki ya 08/02/2017
saa kumi n’imwe z’umugoroba.
Icyitonderwa :Abafite
impamyabumenyi zo mu mahanga basabwe gushyiraho fotokopi ya Equivalence y’impamyabumenyi
zabo itangw na High Education Council. Abakandida bazemezwa nyuma yijonjora
bazerekana impamyabumenyi z’umwimerere mbere y’uko bakora ikizami cyanditse.
Bikorewe i Gishali ,ku wa 24/01/2017  
KIIZA KAMALI Camille
Umuyobozi w’Ikigo Nderabuzima cya Gishali.
0 0 votes
Article Rating
Subscribe
Notify of
guest

0 Comments
0
Would love your thoughts, please comment.x
()
x