|
MINISITERI Y’UBUZIMA
AKARERE KA KICUKIRO
IBITARO BYA MASAKA
B.P. 3472 Kigali
ITANGAZO RYO GUTANGA AKAZI
Ibitaro bya MASAKA biramenyesha abantu bose
bifuza gupiganira akazi ko hari imyanya itandukanye ikurikira :
1 M&E
Staff : A0 Santé Publique ou Infirmier(e)
2 Superviseur
PBF : A0 Santé Publique ou Infirmier(e)
1
Superviseur : A0 Infirmier(e)
4
Cachiers : A2 muri Comptabilité
Abasaba akazi kuri iyo myanya bose bagomba
kuba bujuje ibi bikurikira :
Dossier isaba akazi igomba kuba yujuje ibi
bikurikira :
Kwakira dossiers zisaba akazi ni uguhera kuwa
03/12/2012 mu biro by’ubunyamabanga bw’ibitaro bya MASAKA, bizarangira tarikiya 07/12/2012 saa kumi z’amanywa.
Dr. Marcel UWIZEYE
Umuyobozi wungirije w’ibitaro bya MASAKA
|
Imyanya 8 y’AKAZI mu Bitaro bya Masaka, Kigali, Rwanda
Subscribe
Login
0 Comments