Butaro Hospital Various JOBS Vacancies in Rwanda(a day to go)

CLOSE
9/10/2015
Ubuyobozi bw’ibitaro bya
Butaro ku bufatanye n’umushinga Inshuti mu buzima bwifuza gutanga akazi ku
myanya ikurikira:
1. Umukozi ushinzwe imitangire y’amasoko (Procurement officer)
Ibisabwa:

Kuba ari umunyarwanda, kuba atarengeje imyaka 35,kuba atarigeze akatirwa
igihano cy’iifungo cy’amezi atandatu gusubiza hejuru,kuba afite impamyabumenyi
yo mu rwego rwa Ao muri aya mashami:Procurement,management,Public Finance Law,
Accounting, Economics, kuba azi amategeko agenga amasoko ya Leta,kuba azi
gukoresha neza mudasobwa (Microsoft zword,Excel,Powerpoint, na internet),kuba
azi kuvuga no kwandika neza icyongereza,igifaransa, n’ikinyarwanda, kuba afite
uburambe byaba ari akarusho.
2. Umukozi wo mu rwego rwa A2 ushinzwe ikusanyamibare (Data manager) ya
Farumasi y’ibitaro
Ibisabwa:
Kuba ari umunyarwanda, kuba atarigeze akatirwa igihano cy’iifungo
cy’amezi atandatu gusubiza hejuru,kuba afite impamyabumenyi yo mu rwego rwa A2
muri rimwe muri aya mashami “Math Physique, Informatique,Infirmier(e),Laboratoire”
kuba azi gukoresha neza mudasobwa, (Microsoft zword,Excel,Powerpoint, na
internet), kuba afite uburambe mu micungire y’imiti no gutanga raporo byaba ari
akarusho.
3. Umukozi ushinzwe inking
Ibisabwa:
Kuba ari umunyarwanda, kuba atarigeze akatirwa igihano cy’igifungo
cy’amezi atandatu gusubiza hejuru, kuba afite impamyabumenyi yo mu rwego rwa A3
cyangwa Certificat ijyanye no gucunga inkingo.
4. Umushoferi w’umukanishi (Chauffeur Mecanicien)
Ibisabwa:
Kuba ari umunyarwanda, kuba atarigeze akatirwa igihano cy’iifungo
cy’amezi atandatu gusubiza hejuru, kuba afite impamyabumenyi ya A2, kuba afite
uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga Cat B na A,kuba afite icyemezo cy’ubukanishi
(Certificat mecanique) cyatanzwe n’ikigo kizwi,kuba afite uburambe bw’imyaka
itatu nibura mu kigo cya Leta cyangwa cy’igenga.
 How To Apply:
Abifuza gupiganira iyi
myanya barasabwa kugeza mu bunyamabanga bw’ibitaro bya Butaro amabaruwa asaba
akazi yandikiwe umuyobozi w’Ibitaro,aherekejwe n’umwirondoro w’uzuye,photocopie
y’impamyabumenyi itariho umukono wa noteri,photocopie y’irangamuntu,ibyemezo
bitatu byanditse by’abantu batatu bakuzi neza n’icyemezo cy’umukoresha wa nyuma
kubakoze ahandi, bitarenze tariki 09/10/2015 saa kumi za nimugoroba (16h00).
Dr MPUNGA Tharcisse
Umuyobozi w’Ibitaro bya Butaro
0 0 votes
Article Rating
Subscribe
Notify of
guest

0 Comments
0
Would love your thoughts, please comment.x
()
x