NTARENGWA: 22/02/2016
REPUBULIKA
Y’U RWANDA
INTARA Y’UBURENGERAZUBA
AKARERE KA NYAMASHEKE
Y’U RWANDA
INTARA Y’UBURENGERAZUBA
AKARERE KA NYAMASHEKE
IBITARO
BYA BUSHENGE
BYA BUSHENGE
ITANGAZO
RY’AKAZI
RY’AKAZI
Ubuyobozi
bw’Ibitaro bya Bushenge burifuza gutanga akazi ku myanya ikurikira:
bw’Ibitaro bya Bushenge burifuza gutanga akazi ku myanya ikurikira:
1. Abaforomo (8)
Ibisabwa kuri uwo mwanya
Kuba
afite impamyabumenyi muri Sciences Infirmières yo mu rwego rwa A1
afite impamyabumenyi muri Sciences Infirmières yo mu rwego rwa A1
Kuba
afite uruhushya rw’umwuga rutangwa n’urugaga rw’abaforomo n’ababyaza mu Rwanda
afite uruhushya rw’umwuga rutangwa n’urugaga rw’abaforomo n’ababyaza mu Rwanda
2. Ababyaza (3)
Ibisabwa kuri uwo mwanya
Kuba
afite impamyabumenyi mu bubyaza (Sage Femme) yo mu rwego rwa A1
afite impamyabumenyi mu bubyaza (Sage Femme) yo mu rwego rwa A1
Kuba
afite uruhushya rw’umwuga rutangwa n’urugaga rw’abaforomo n’ababyaza mu Rwanda
afite uruhushya rw’umwuga rutangwa n’urugaga rw’abaforomo n’ababyaza mu Rwanda
N.B.: Umubyaza umwe azakorera ku Kigo
Nderabuzima cya MUGERA
Nderabuzima cya MUGERA
3. Abakozi bashinzwe kwakira
amafaranga (3)
amafaranga (3)
Kuba
afite impamyabumenyi yo mu rwego rwa A2 mu ibaruramari (comptabilité)
afite impamyabumenyi yo mu rwego rwa A2 mu ibaruramari (comptabilité)
Abakozi bose bifuza iyi myanya
bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
- Kuba
agejeje nibura ku myaka cumi n’umunani (18) y’amavuko;
- Kuba
atarigeze akatirwa burundu igihano cy’igifungo cy’amezi atandatu (6)
gusubiza hejuru
- Kuba
atarirukanwe burundu ku kazi ko mu butegetsi bwa Leta;
- Kuba
atagaragara ku rutonde rw’ababujijwe kuba abakozi ba Leta;
- Kuba
adakurikiranwaho icyaha cya Jenodide;
- Kuba
atarahamwe n’icyaha cya Jenoside cyangwa ingengabitekerezo ya Jenoside
n’ibindi byaha bifitanye isano na yo.
- Kuba
azi gusoma no kwandika ikinyarwanda, igifaransa cyangwa icyongereza
- Kuba
yiteguye guhita atangira akazi aramutse atsindiye umwanya upiganirwa
Dosiye isaba akazi igomba kuba
yujuje ibi bikurikira:
yujuje ibi bikurikira:
Kuzuza
formulaire isaba akazi iboneka mu bunyamabanga bw’ibitaro cyangwa ku rubuga
:www.psc.gov.rw
formulaire isaba akazi iboneka mu bunyamabanga bw’ibitaro cyangwa ku rubuga
:www.psc.gov.rw
Umwirondoro
w’usaba akazi
w’usaba akazi
Fotocopi
y’indangamuntu
y’indangamuntu
Fotocopi
ya diplome
ya diplome
Equivalence
ku bafite impamyabumenyi yo mu mahanga
ku bafite impamyabumenyi yo mu mahanga
Abantu
bose babyifuza basabwe kuba bagejeje mu bunyamabanga bw’ibitaro amadosiye yabo
asaba akazi bitarenze tariki ya 22/02/2016 saa kumi n’imwe (17h00′). Abakandida
bazaba batoranijwe bazakora ikizamini ku wa 29/02/2016
bose babyifuza basabwe kuba bagejeje mu bunyamabanga bw’ibitaro amadosiye yabo
asaba akazi bitarenze tariki ya 22/02/2016 saa kumi n’imwe (17h00′). Abakandida
bazaba batoranijwe bazakora ikizamini ku wa 29/02/2016
Bikorewe
mu Bushenge ku wa 15/02/2016
mu Bushenge ku wa 15/02/2016
Muganga Mukuru uyobora ibitaro
bya Bushenge
bya Bushenge
Dr Muvunyi Zuberi
Excellent site you have here but I was curious about if you knew of any user discussion forums that cover the same topics talked about here? I’d really like to be a part of online community where I can get advice from other experienced people that share the same interest. If you have any recommendations, please let me know. Thank you!
Thanks for sharing excellent informations. Your web site is so cool. I’m impressed by the details that you have on this blog. It reveals how nicely you perceive this subject. Bookmarked this website page, will come back for extra articles. You, my friend, ROCK! I found simply the info I already searched everywhere and simply could not come across. What a perfect site.
In the great design of things you get an A+ for hard work. Where you actually misplaced me personally was in the facts. As it is said, the devil is in the details… And it couldn’t be much more correct right here. Having said that, allow me tell you exactly what did work. Your article (parts of it) is certainly pretty engaging which is probably why I am taking an effort in order to opine. I do not make it a regular habit of doing that. Next, although I can easily notice the leaps in logic you make, I am not really certain of just how you appear to unite the ideas which make the actual final result. For now I will subscribe to your point but hope in the future you link the dots better.
Whoa! This blog looks just like my old one! It’s on a totally different topic but it has pretty much the same layout and design. Excellent choice of colors!
Thank you for sharing with us, I believe this website genuinely stands out : D.