myanya 6 y’AKAZI ku Karere ka Nyamasheke, Rwanda –
NTARENGWA: 11/06/2014
NTARENGWA: 11/06/2014
Akarere ka Nyamasheke karifuza gutanga akazi ku
myana itandatu (6) ikurikira:
myana itandatu (6) ikurikira:
1. Umukozi ushinzwe gukurikirana ibikorwa
by’abajyanama b’ubuzima mu Kigo nderabuzima (2)
by’abajyanama b’ubuzima mu Kigo nderabuzima (2)
- Kuba ari Umunyarwanda
- Kuba afite impamyabumenyi y’icyiciro cya mbere
cya kaminuza (A1) mu mashami ya sciences sociales, santé environnementale,
santé communautaire, santé publique
2. Umukozi ushinzwe ubworozi mu murenge (Sector
Veterinary) : Ukorera ku masezerano (1)
Veterinary) : Ukorera ku masezerano (1)
- Kuba ari Umunyarwanda
- Kuba afite impamyabumenyi y’icyiciro cya mbere
cya Kaminuza (A1) mu mashami akurikira : Ishami ry’ubuvuzi
bw’amatungo (Veterinary) n’ishami rya Animal Production
- Kuba yemera gukorera ku masezerano y’igihe
gito
3. Umubaruramari w’agashami k’ubwisungane mu
kwivuza (1)
kwivuza (1)
- Kuba ari Umunyarwanda
- Kuba afite impamyabumenyi ya A2 mu ishami
ry’ibaruramari (Accounting)
4. Umwarimu wa Welding muri VTC Shangi (1)
- Kuba ari Umunyarwanda
- Kuba afite impamyabumenyi y’icyiciro cya mbere
cya Kaminuza (A1) mu ishami rya Production Technology
5. Umwarimu ushinzwe maintenance ya computers no
kwigisha ICT (1)
kwigisha ICT (1)
- Kuba ari Umunyarwanda
- Kuba afite impamyabumenyi y’ciyiciro cya
kabiri cya Kaminuza (A0) mu ishami rya electronic
- Kuba yarakoze amahugurwa muri ICT kandi
abifitiye icyemezo
Uko Basaba Akazi
Abifuza gupiganira iyi myanya basabwe kwihutira
kuzuza ifishi isabirwaho akazi (application form) iboneka ku rubuga rwa
Komisioyo ishinzwe abakozi ba Leta www.psc.gov.rw cyangwa
mu biro by’umukozi ushinzwe imicungire y’abakozi mu Karere
kuzuza ifishi isabirwaho akazi (application form) iboneka ku rubuga rwa
Komisioyo ishinzwe abakozi ba Leta www.psc.gov.rw cyangwa
mu biro by’umukozi ushinzwe imicungire y’abakozi mu Karere
Dosiye zisaba akazi kuri iyi mynaya zigizwe
n’igishi isabirwaho akazi uyujuje neza iherekejwe n’impamyabushobozi isabwa na
fotokopi y’indangamuntu bigomba kuba byagejhejwe mu bunyamabanga rusange
bw’Akarere ka Nyamasheke bitarenze ku wa gatatu tariki ya 11/06/2014 saa kumi
n’imwe z’umugoroba.
n’igishi isabirwaho akazi uyujuje neza iherekejwe n’impamyabushobozi isabwa na
fotokopi y’indangamuntu bigomba kuba byagejhejwe mu bunyamabanga rusange
bw’Akarere ka Nyamasheke bitarenze ku wa gatatu tariki ya 11/06/2014 saa kumi
n’imwe z’umugoroba.
Icyitondewa :
Ku bantu bafite impamyabumenyi zo mu mahanga basabwe gushyiraho fotokopi
ya equivalence y‘impamyabumenyi zabo, itangwa na High Education Council.
Ku bantu bafite impamyabumenyi zo mu mahanga basabwe gushyiraho fotokopi
ya equivalence y‘impamyabumenyi zabo, itangwa na High Education Council.
Abakandida bazemezwa nyuma y’ijonjora bazerekana
impamyabumenyi z’umwimerere mbere y’uko bakora ikizamini cyanditse.
impamyabumenyi z’umwimerere mbere y’uko bakora ikizamini cyanditse.