NTARENGWA: 22/02/2016
REPUBULIKA
Y’U RWANDA
INTARA Y’UBURENGERAZUBA
AKARERE KA NYAMASHEKE
Y’U RWANDA
INTARA Y’UBURENGERAZUBA
AKARERE KA NYAMASHEKE
IBITARO
BYA BUSHENGE
BYA BUSHENGE
ITANGAZO
RY’AKAZI
RY’AKAZI
Ubuyobozi
bw’Ibitaro bya Bushenge burifuza gutanga akazi ku myanya ikurikira:
bw’Ibitaro bya Bushenge burifuza gutanga akazi ku myanya ikurikira:
1. Abaforomo (8)
Ibisabwa kuri uwo mwanya
Kuba
afite impamyabumenyi muri Sciences Infirmières yo mu rwego rwa A1
afite impamyabumenyi muri Sciences Infirmières yo mu rwego rwa A1
Kuba
afite uruhushya rw’umwuga rutangwa n’urugaga rw’abaforomo n’ababyaza mu Rwanda
afite uruhushya rw’umwuga rutangwa n’urugaga rw’abaforomo n’ababyaza mu Rwanda
2. Ababyaza (3)
Ibisabwa kuri uwo mwanya
Kuba
afite impamyabumenyi mu bubyaza (Sage Femme) yo mu rwego rwa A1
afite impamyabumenyi mu bubyaza (Sage Femme) yo mu rwego rwa A1
Kuba
afite uruhushya rw’umwuga rutangwa n’urugaga rw’abaforomo n’ababyaza mu Rwanda
afite uruhushya rw’umwuga rutangwa n’urugaga rw’abaforomo n’ababyaza mu Rwanda
N.B.: Umubyaza umwe azakorera ku Kigo
Nderabuzima cya MUGERA
Nderabuzima cya MUGERA
3. Abakozi bashinzwe kwakira
amafaranga (3)
amafaranga (3)
Kuba
afite impamyabumenyi yo mu rwego rwa A2 mu ibaruramari (comptabilité)
afite impamyabumenyi yo mu rwego rwa A2 mu ibaruramari (comptabilité)
Abakozi bose bifuza iyi myanya
bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
- Kuba
agejeje nibura ku myaka cumi n’umunani (18) y’amavuko;
- Kuba
atarigeze akatirwa burundu igihano cy’igifungo cy’amezi atandatu (6)
gusubiza hejuru
- Kuba
atarirukanwe burundu ku kazi ko mu butegetsi bwa Leta;
- Kuba
atagaragara ku rutonde rw’ababujijwe kuba abakozi ba Leta;
- Kuba
adakurikiranwaho icyaha cya Jenodide;
- Kuba
atarahamwe n’icyaha cya Jenoside cyangwa ingengabitekerezo ya Jenoside
n’ibindi byaha bifitanye isano na yo.
- Kuba
azi gusoma no kwandika ikinyarwanda, igifaransa cyangwa icyongereza
- Kuba
yiteguye guhita atangira akazi aramutse atsindiye umwanya upiganirwa
Dosiye isaba akazi igomba kuba
yujuje ibi bikurikira:
yujuje ibi bikurikira:
Kuzuza
formulaire isaba akazi iboneka mu bunyamabanga bw’ibitaro cyangwa ku rubuga
:www.psc.gov.rw
formulaire isaba akazi iboneka mu bunyamabanga bw’ibitaro cyangwa ku rubuga
:www.psc.gov.rw
Umwirondoro
w’usaba akazi
w’usaba akazi
Fotocopi
y’indangamuntu
y’indangamuntu
Fotocopi
ya diplome
ya diplome
Equivalence
ku bafite impamyabumenyi yo mu mahanga
ku bafite impamyabumenyi yo mu mahanga
Abantu
bose babyifuza basabwe kuba bagejeje mu bunyamabanga bw’ibitaro amadosiye yabo
asaba akazi bitarenze tariki ya 22/02/2016 saa kumi n’imwe (17h00′). Abakandida
bazaba batoranijwe bazakora ikizamini ku wa 29/02/2016
bose babyifuza basabwe kuba bagejeje mu bunyamabanga bw’ibitaro amadosiye yabo
asaba akazi bitarenze tariki ya 22/02/2016 saa kumi n’imwe (17h00′). Abakandida
bazaba batoranijwe bazakora ikizamini ku wa 29/02/2016
Bikorewe
mu Bushenge ku wa 15/02/2016
mu Bushenge ku wa 15/02/2016
Muganga Mukuru uyobora ibitaro
bya Bushenge
bya Bushenge
Dr Muvunyi Zuberi
Hello, i believe that i noticed you visited my web site thus i came to “go back the prefer”.I’m attempting to to find issues to improve my web site!I guess its ok to use a few of your concepts!!
I really appreciate this post. I have been looking all over for this! Thank goodness I found it on Bing. You’ve made my day! Thx again
In this great pattern of things you get a B+ for effort. Exactly where you actually lost me personally was in your specifics. As it is said, details make or break the argument.. And that could not be much more correct here. Having said that, allow me inform you precisely what did work. The text is definitely very powerful and that is most likely the reason why I am making the effort in order to comment. I do not really make it a regular habit of doing that. Secondly, even though I can certainly see a leaps in reasoning you make, I am definitely not certain of how you seem to connect the points that produce the final result. For now I will, no doubt yield to your point but wish in the future you link the facts better.
Heya i’m for the primary time here. I found this board and I find It really useful & it helped me out a lot. I am hoping to present something back and help others like you helped me.
Thanks for any other informative site. Where else could I get that kind of info written in such an ideal manner? I have a mission that I’m simply now running on, and I have been at the glance out for such information.