CLOSE: 08/02/2017
ITANGAZO RIHAMAGARIRA ABANTU
IPIGANWA RY’ IMYANYA Y’ AKAZI
IPIGANWA RY’ IMYANYA Y’ AKAZI
Ubuyobozi bw’ Akarere ka Gicumbi burifuza gutanga akazi
ku myanya ikurikira:
ku myanya ikurikira:
1.
Executive Secretary of the District (1)
Executive Secretary of the District (1)
Ibyo
umukandida agomba kuba yujuje
umukandida agomba kuba yujuje
Kuba ari
umunyarwanda, kuba afite imyaka nibura 18, kuba atarigeze akatirwa igihano cy’
igifungo cy’ amezi atandatu gusubiza hejuru, kuba afite impamyabumenyi yo mu
Rwego rwa A0 muri rimwe muri aya mashami “Sciences, Arts,Social Science, Law
and Business Administration” n’ uburambe mu kazi bw’ imyaka itanu (5) cyangwa
kuba afite Master’s Degree muri “Science, Arts, Social Science, Law and
Business Administration n’ uburambe mu kazi bw’ imyaka itatu (3).
umunyarwanda, kuba afite imyaka nibura 18, kuba atarigeze akatirwa igihano cy’
igifungo cy’ amezi atandatu gusubiza hejuru, kuba afite impamyabumenyi yo mu
Rwego rwa A0 muri rimwe muri aya mashami “Sciences, Arts,Social Science, Law
and Business Administration” n’ uburambe mu kazi bw’ imyaka itanu (5) cyangwa
kuba afite Master’s Degree muri “Science, Arts, Social Science, Law and
Business Administration n’ uburambe mu kazi bw’ imyaka itatu (3).
2.
Executive Secretary of the Sector (6)
Executive Secretary of the Sector (6)
Ibyo
umukandida agomba kuba yujuje
umukandida agomba kuba yujuje
Kuba ari
umunyarwanda, kuba afite imyaka nibura 18, kuba atarigeze akatirwa igihano cy’
igifungo cy’ amezi atandatu gusubiza hejuru, kuba afite impamyabumenyi yo mu
Rwego rwa A0 muri rimwe muri aya mashami “Social Science, Arts and Sciences” n’
uburambe mu kazi bw’ imyaka itatu (3) cyangwa kuba afite Master’s Degree muri
“Social Sciences, Arts and Sciences” n’ uburambe mu kazi bw’ umwaka umwe (1).
umunyarwanda, kuba afite imyaka nibura 18, kuba atarigeze akatirwa igihano cy’
igifungo cy’ amezi atandatu gusubiza hejuru, kuba afite impamyabumenyi yo mu
Rwego rwa A0 muri rimwe muri aya mashami “Social Science, Arts and Sciences” n’
uburambe mu kazi bw’ imyaka itatu (3) cyangwa kuba afite Master’s Degree muri
“Social Sciences, Arts and Sciences” n’ uburambe mu kazi bw’ umwaka umwe (1).
3.
Executive Secretary of the Cell (28)
Executive Secretary of the Cell (28)
Ibyo
umukandida agomba kuba yujuje
umukandida agomba kuba yujuje
Kuba ari
umunyarwanda, kuba afite imyaka nibura 18, kuba atarigeze akatirwa igihano cy’
igifungo cy’ amezi atandatu gusubiza hejuru, kuba afite nibura impamyabumenyi
yo mu rwego rwa A2 muri rimwe muri aya mashami “” Social Sciences, Arts and
Science”
umunyarwanda, kuba afite imyaka nibura 18, kuba atarigeze akatirwa igihano cy’
igifungo cy’ amezi atandatu gusubiza hejuru, kuba afite nibura impamyabumenyi
yo mu rwego rwa A2 muri rimwe muri aya mashami “” Social Sciences, Arts and
Science”
4. Civil
Registration and Notary at Sector Level (1)
Registration and Notary at Sector Level (1)
Ibyo
umukandida agomba kuba yujuje
umukandida agomba kuba yujuje
Kuba ari
umunyarwanda, kuba afite imyaka nibura 18, kuba atarigeze akatirwa igihano cy’
igifungo cy’ amezi atandatu gusubiza hejuru, kuba afite impamyabumenyi yo mu
rwego rwa A0 muri “Law”
umunyarwanda, kuba afite imyaka nibura 18, kuba atarigeze akatirwa igihano cy’
igifungo cy’ amezi atandatu gusubiza hejuru, kuba afite impamyabumenyi yo mu
rwego rwa A0 muri “Law”
5.
Abakozi bazakorera Urwego Rwunganira Ubuyobozi bw’ Akarere mu Gucunga Umutekano
“DASSO” (45)
Abakozi bazakorera Urwego Rwunganira Ubuyobozi bw’ Akarere mu Gucunga Umutekano
“DASSO” (45)
Ibyo
umukandida agomba kuba yujuje
umukandida agomba kuba yujuje
·
Kuba ari umunyarwanda;
Kuba ari umunyarwanda;
·
Kuba abishaka;
Kuba abishaka;
·
Kuba afite nibura imyaka 18 y’ amavuko kandi atarengeje imyaka mirongo itatu n’
itanu (35) y’ amavuko cyangwa kuba atarengeje imyaka 45 y’ amavuko ku muntu
ufite uburambe mu gucunga umutekano nibura bw’ imyaka 5;
Kuba afite nibura imyaka 18 y’ amavuko kandi atarengeje imyaka mirongo itatu n’
itanu (35) y’ amavuko cyangwa kuba atarengeje imyaka 45 y’ amavuko ku muntu
ufite uburambe mu gucunga umutekano nibura bw’ imyaka 5;
·
Kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire;
Kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire;
·
Kuba atarigeze akatirwa burundu igihano cy’ igifungo cy’ amezi atandatu (6)
gusubiza hejuru;
Kuba atarigeze akatirwa burundu igihano cy’ igifungo cy’ amezi atandatu (6)
gusubiza hejuru;
·
Kuba atarirukanwe burundu ku kazi ko mu butegetsi kwa Leta;
Kuba atarirukanwe burundu ku kazi ko mu butegetsi kwa Leta;
·
Kuba afite impamyabumenyi y’ amashuri nibura atandatu (6) yisumbuye cyangwa
amashuri nibura atatu (3) yisumbuye n’ uburambe bw’ imyaka nibura 5 mu gucunga
umutekano;
Kuba afite impamyabumenyi y’ amashuri nibura atandatu (6) yisumbuye cyangwa
amashuri nibura atatu (3) yisumbuye n’ uburambe bw’ imyaka nibura 5 mu gucunga
umutekano;
·
Kuba afite ubuzima bwiza n’ intege zibashije imirimo ya “DASSO”
Kuba afite ubuzima bwiza n’ intege zibashije imirimo ya “DASSO”
·
Kuba atarigeze yirukanwa burundu ku kazi cyangwa ngo asezererwe nta mpaka ku
mirimo uwo ariwo wose wa Leta.
Kuba atarigeze yirukanwa burundu ku kazi cyangwa ngo asezererwe nta mpaka ku
mirimo uwo ariwo wose wa Leta.
UBURYO
BWO GUSABA AKAZI
BWO GUSABA AKAZI
Kuzuza
ifishi isaba akazi ibone ku rubuga rwa internet rwa Komisiyo y’ abakozi ba Leta
no mu Bunyamabanga Rusange bw’ Akarere ka Gicumbi. Iyi fishi igomba guherekezwa
na fotokopi y’ impamyabumenyi hamwe na fotokopi y’ indangamuntu. Dosiye zisaba
akazi zigomba kuba zageze mu bunyamabanga rusange bw’ Akarere ka Gicumbi
bitarenze kuwa 08/02/2017 saa Kumi n’ imwe zuzuye (17h00) za nimugoroba.
ifishi isaba akazi ibone ku rubuga rwa internet rwa Komisiyo y’ abakozi ba Leta
no mu Bunyamabanga Rusange bw’ Akarere ka Gicumbi. Iyi fishi igomba guherekezwa
na fotokopi y’ impamyabumenyi hamwe na fotokopi y’ indangamuntu. Dosiye zisaba
akazi zigomba kuba zageze mu bunyamabanga rusange bw’ Akarere ka Gicumbi
bitarenze kuwa 08/02/2017 saa Kumi n’ imwe zuzuye (17h00) za nimugoroba.
ICYITONDERWA
- Abakandida
bize muri kaminuza cyangwa mu mashuri yo mu mahanga bagomba kugaragaza
icyangombwa cya “equivalence”
- Attestation Tenant Lieu de Diplôme. To
whom it may concern cyangwa confirmation de réussite ntizizemerwa.
- Abakandida
bari bemerewe gukora ikizamini ku mwanya w’ Umunyabanga Nshingwabikorwa w’
Umurenge cyasheshwe mu itangazo ryo kuwa 12/01/2017 bemerewe gukora
ikizamini, batagomba kongera kuzana izindi dosiye.
Bikorewe
I Gicumbi kuwa 26/01/2017
I Gicumbi kuwa 26/01/2017
MUTSINZI
Samuel
Samuel
Umunyamabanga
Nshingwabikorwa w’ Agateganyo
Nshingwabikorwa w’ Agateganyo
W’
Akarere ka Gicumbi
Akarere ka Gicumbi