NTARENGWA: 22/02/2016
REPUBULIKA
Y’U RWANDA
INTARA Y’UBURENGERAZUBA
AKARERE KA NYAMASHEKE
Y’U RWANDA
INTARA Y’UBURENGERAZUBA
AKARERE KA NYAMASHEKE
IBITARO
BYA BUSHENGE
BYA BUSHENGE
ITANGAZO
RY’AKAZI
RY’AKAZI
Ubuyobozi
bw’Ibitaro bya Bushenge burifuza gutanga akazi ku myanya ikurikira:
bw’Ibitaro bya Bushenge burifuza gutanga akazi ku myanya ikurikira:
1. Abaforomo (8)
Ibisabwa kuri uwo mwanya
Kuba
afite impamyabumenyi muri Sciences Infirmières yo mu rwego rwa A1
afite impamyabumenyi muri Sciences Infirmières yo mu rwego rwa A1
Kuba
afite uruhushya rw’umwuga rutangwa n’urugaga rw’abaforomo n’ababyaza mu Rwanda
afite uruhushya rw’umwuga rutangwa n’urugaga rw’abaforomo n’ababyaza mu Rwanda
2. Ababyaza (3)
Ibisabwa kuri uwo mwanya
Kuba
afite impamyabumenyi mu bubyaza (Sage Femme) yo mu rwego rwa A1
afite impamyabumenyi mu bubyaza (Sage Femme) yo mu rwego rwa A1
Kuba
afite uruhushya rw’umwuga rutangwa n’urugaga rw’abaforomo n’ababyaza mu Rwanda
afite uruhushya rw’umwuga rutangwa n’urugaga rw’abaforomo n’ababyaza mu Rwanda
N.B.: Umubyaza umwe azakorera ku Kigo
Nderabuzima cya MUGERA
Nderabuzima cya MUGERA
3. Abakozi bashinzwe kwakira
amafaranga (3)
amafaranga (3)
Kuba
afite impamyabumenyi yo mu rwego rwa A2 mu ibaruramari (comptabilité)
afite impamyabumenyi yo mu rwego rwa A2 mu ibaruramari (comptabilité)
Abakozi bose bifuza iyi myanya
bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
- Kuba
agejeje nibura ku myaka cumi n’umunani (18) y’amavuko;
- Kuba
atarigeze akatirwa burundu igihano cy’igifungo cy’amezi atandatu (6)
gusubiza hejuru
- Kuba
atarirukanwe burundu ku kazi ko mu butegetsi bwa Leta;
- Kuba
atagaragara ku rutonde rw’ababujijwe kuba abakozi ba Leta;
- Kuba
adakurikiranwaho icyaha cya Jenodide;
- Kuba
atarahamwe n’icyaha cya Jenoside cyangwa ingengabitekerezo ya Jenoside
n’ibindi byaha bifitanye isano na yo.
- Kuba
azi gusoma no kwandika ikinyarwanda, igifaransa cyangwa icyongereza
- Kuba
yiteguye guhita atangira akazi aramutse atsindiye umwanya upiganirwa
Dosiye isaba akazi igomba kuba
yujuje ibi bikurikira:
yujuje ibi bikurikira:
Kuzuza
formulaire isaba akazi iboneka mu bunyamabanga bw’ibitaro cyangwa ku rubuga
:www.psc.gov.rw
formulaire isaba akazi iboneka mu bunyamabanga bw’ibitaro cyangwa ku rubuga
:www.psc.gov.rw
Umwirondoro
w’usaba akazi
w’usaba akazi
Fotocopi
y’indangamuntu
y’indangamuntu
Fotocopi
ya diplome
ya diplome
Equivalence
ku bafite impamyabumenyi yo mu mahanga
ku bafite impamyabumenyi yo mu mahanga
Abantu
bose babyifuza basabwe kuba bagejeje mu bunyamabanga bw’ibitaro amadosiye yabo
asaba akazi bitarenze tariki ya 22/02/2016 saa kumi n’imwe (17h00′). Abakandida
bazaba batoranijwe bazakora ikizamini ku wa 29/02/2016
bose babyifuza basabwe kuba bagejeje mu bunyamabanga bw’ibitaro amadosiye yabo
asaba akazi bitarenze tariki ya 22/02/2016 saa kumi n’imwe (17h00′). Abakandida
bazaba batoranijwe bazakora ikizamini ku wa 29/02/2016
Bikorewe
mu Bushenge ku wa 15/02/2016
mu Bushenge ku wa 15/02/2016
Muganga Mukuru uyobora ibitaro
bya Bushenge
bya Bushenge
Dr Muvunyi Zuberi
Once I initially commented I clicked the -Notify me when new comments are added- checkbox and now every time a remark is added I get 4 emails with the identical comment. Is there any manner you may remove me from that service? Thanks!
Great write-up, I¦m regular visitor of one¦s site, maintain up the excellent operate, and It’s going to be a regular visitor for a lengthy time.
I am glad to be a visitant of this arrant web site! , regards for this rare info ! .
Just wanna comment on few general things, The website design and style is perfect, the content is really great. “The stars are constantly shining, but often we do not see them until the dark hours.” by Earl Riney.
You completed some nice points there. I did a search on the theme and found nearly all folks will agree with your blog.