Imyanya 17 y’AKAZI mu Ibitaro bya Kibuye, Rwanda

NTARENGWA:
05/04/2016
Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Kibuye buramenyesha abantu bose babyifuza
kandi babifitiye ubushobozi o bwifuza gutanga akazi ku myanya ikurikira
  1. Relation Publique : A0
    en journalisme,  sociologie et travail social
  1. Chargés de la Santé Communautaire : A0 en Santé Publique, sociologie et Travail Social
  1. Chargé de Suivi et Évaluation : A0 en santé publique, statistique et sciences infirmières
  1. Assistant(e) Sociale : A0
    sociologie et Travail Social
  1. Caissier Principale : A1
    en comptabilité, Management et Finance.
  1. Chargés de la Facturation : A2 en comptabilité, MEG et Gestion Informatique
  1. Secrétaire : A1 en secrétariat
  1. Data Manager : A0 statistique, Santé
    Publique, Sciences infirmières
  1. Logistique et stock : A0
    en économie, gestion et finance
  1. Charroi: Avoir: Permis de conduire
    avec catégorie B et D, Certificat en mécanique automobile ou A2 en
    mécanique automobile
  1. Chauffeur (2): 2 chauffeurs
    bazakorera mu bigo nderabuzima bya Musango et Mukungu. Kuba bafite permis
    de conduire catégorie B et D.
  1. Chargé de suivi et Evaluation au niveau du District de
    Karongi:
    A0 en Santé publique, statistique
Au Centre de Santé BIGUGU
  • Caissier(e) : A2 en comptabilité
  • Comptable : A2 en comptabilité
  • Data Manager : A2 en gestion
    informatique et sciences infirmières
Au centre de santé Kirambo
  • Assistant(e) Sociale : A2
    en action sociale
Uko Basaba Akazi
Abumva babyifuza kandi bafite impamyabumenyi isabwa bashobora
kugeza footokopi y’indangamuntu, forokopui y’impamyabumenyi bitariho umukono wa
noteri n’ifisha isaba akazi iboneka ku rubuga rwa internet rwa Komisiyo
Ishinzwe abakozi ba Leta.
Dosiye isaba akazi igomba kuba yageze mu BUnyamabanga bw’ibitaro
bya Kibuye bitarenze itariki 05/04/2016 saa cyenda zuzuye (15h00)
Abakandida bose bagomba kuba bazi gukoresha neza mudasobwa,
bagomba kuba bazi kuguga, kwandika neza ikinyarwanda, icyongereza cyangwa
igifaransa.
Urutonde rw’abemerewe gukora ibizamini ruzashyirwa ahamanikwa
amatangazo ku bitaro. Itariki bazakoreraho ibizamini bazayimenyeshwa.
NB : Abafite impamyabumenyi
zitatangiwe ku butaka bw’u Rwanda basabwe kugaragaz ainyandiko igaragaza ko
zemewe na Leta y’u Rwanda (équivalence)
0 0 votes
Article Rating
Subscribe
Notify of
guest

0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments
0
Would love your thoughts, please comment.x
()
x