Akarere ka Nyamagabe karashaka gushyiraho Umuyobozi
wa One Stop Center y’Akarere wujuje ibibi kurikira :
wa One Stop Center y’Akarere wujuje ibibi kurikira :
- Kuba ari Umunyarwanda cyangwa Umunyarwanda
kazi ; - Kuba afite impamyabushobozi ya Kaminuza A0
muri Genie Civil ; - Kuba ari indacyekemwa mu mico no mumyifatire.
Abifuza gusaba ako kazi ; amadosiye yabo
yuzuye asaba akazi agomba kuba yagejejwe mu bunyamabanga rusange bw’Akarere,
bitarenze kuwa 4/2/2013 saa kumi n’imwe (17h00’) z’amanywa, yujuje ibyangombwa
bisabwa bikurikira :
yuzuye asaba akazi agomba kuba yagejejwe mu bunyamabanga rusange bw’Akarere,
bitarenze kuwa 4/2/2013 saa kumi n’imwe (17h00’) z’amanywa, yujuje ibyangombwa
bisabwa bikurikira :
- Ifishi yuzuzwa isabirwaho akazi, iboneka ku
Biro by’Akarere, Site Web ya Komisiyo y’Abakozi ba Leta cg ku Biro
byayo ; - Foto kopi y’impamyabushobozi hamwe
n’iy’ikarita ndangamuntu.
Urutonde rw’abakandida bemerewe n’abatemerewe
gukora ipiganwa ruzaba rumanitse ku Biro by’Akarere kuwa 11/2/2013 ndetse
runagaragara kuri Site Web y’Akarere.
gukora ipiganwa ruzaba rumanitse ku Biro by’Akarere kuwa 11/2/2013 ndetse
runagaragara kuri Site Web y’Akarere.
Abemerewe gukora ipiganwa ibizamini bizakorwa kuwa
19/2/2013 ku Biro by’Akarere guhera saa yine (10h00’) z’amanywa.
19/2/2013 ku Biro by’Akarere guhera saa yine (10h00’) z’amanywa.
N.B :- Kubazaba bemerewe gukora ipiganwa
hazakorwa ikizamini kimwe gusa, kizakorwa mu buryo bw’ikiganiro (interview).
hazakorwa ikizamini kimwe gusa, kizakorwa mu buryo bw’ikiganiro (interview).
– Nta mukandida wemerewe gukora ipiganwa
yarirukanywe mu kazi mu nzego za Leta.
yarirukanywe mu kazi mu nzego za Leta.
Bikorewe i Nyamagabe, kuwa 25/1/2013
MUGISHA Philbert
Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe.