Ubuyobozi bw’Akarere, Different positions in Rwanda

 Ubuyobozi
bw’Akarere ka Nyanza buramenyesha ababyifuza bose kandi babifitiye ubushobozi
ko bwifuza gutanga akazi k’Uburezi mu mashuri abanza n’ayisumbuye:
1.
Abarimu mu mashuri abanza (30)
A2
mu nderabarezi (TTC) mu mashami atandukanye indimi, social studies, imibare na
siyansi. 
2.
Abarimu bigisha imibare na siyansi(sc

iences combination)(15)

A0
mu nderabarezi bize kwigisha imibare na siyansi , A0 mu mibare na siyansi , A1
mu kwigisha imibare na siyansi ( Colleges of Education).
3.
Abarimu bigisha indimi(languages combination)(12)
A0
mu nderabarezi bize kwigisha indimi, A0 bize indimi, A1 bize kwigisha indimi
muri (Colleges of Education) 
4.
Abarimu bigisha amashami ya (Humanities combinations) (11)
A0
mu nderabarezi bize kwigisha History, Economics, Philosophic…., n’abandi bize
ayo masomo bafite A0 n’ abafite A1 muri ayo masomo bize no kuyigisha muri
(colleges of Education).
Ushaka
akazi agomba kuba yujuje ibikurikira :
  • Kuba
    a fite ubuzima bwiza butuma abasha umurimo wo kwigisha,
  • Kuba
    atarigeze akatirwa igihano cy’igifungo cy’amezi atandatu cvangwa gusubiza
    hejuru,
  • Kuba
    afire impamyabumenyi cyangwa impamyabushobozi ikwiranye n’umwanya asaba,
  • Kuba
    atarigeze yirukanwa burundu mu kazi, cyangwa ngo asezererwe nta mpaka ku
    murimo uwo tel wo wose wa Leta uretse iyo ari ugushaka gusubizwa mu kazi
Gutangira
kugeza dosiye zisaba akazi ku Karere bitaganijwe guhera tariki ya 15/12/2014,
kugeza 19/12/2014, ifishi ikoreshwa mugusaba akazi iboneka ku rubuga rwa
interineti rwa Komisiyo ishinzwe Abakozi ba Leta.
Iyo
fishi igomba kandi kuba iherekejwe na fotokopi
y’impamyabushobozi,indangamanota(transcript) umwirondoro(CV) na fotokopi
y’indangamuntu.
Bikorewe
i Nyanza, ku wa 14/11/2014
MURENZI
Abdallah
Umuyobozi
w’Akarere ka Nyanza
0 0 votes
Article Rating
Subscribe
Notify of
guest

0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments
0
Would love your thoughts, please comment.x
()
x