lbitaro bya MASAKA biramenyesha abantu bose
babyifuza ko bishaka gutanga akazi ku myanya ikurikira:
babyifuza ko bishaka gutanga akazi ku myanya ikurikira:
1. Umwanya w’Umurimo: Umunyamabanga w’Umuyobozi w’Ibitaro (Secretaire de
direction) (1)
Statut: Sous
Statut
Statut
Ibisabwa kuri uwo mwanya
A1 Secretariat
2. Umukozi Ushinzwe Itumanaho (1)
Statut: Sous
Contract
Contract
Ibisabwa kuri uwo mwanya
A0 in Computer Engineering and Information
Technology.
Technology.
3. Umubaruramari (Accountant) (1)
Statut: Sous
Contract
Contract
Ibisabwa kuri uwo mwanya
A0 Accounting
Abasaba akazi kuri iyo myanya bose bagomba kuba
bujuje ibi bikurikira:
bujuje ibi bikurikira:
Kuba a ari umunyarwanda, kuba afite uburambe mu
kazi nibura bw’ imyaka itatu (3) ku byerekeranye n’u mwanya asabaho ariko
by’akarusho kuba yarakoze mu bikorwa byerekeranye n’ubuvuzi, kumenya gukoresha
mudasobwa, kuvuga neza ururimi rw’ikinyarwanda, icyongereza cyangwa igifaransa,
kumenya izo ndimi zombi bikaba akarusho, kuba indakemwa mu mico no mumyifatire.
kazi nibura bw’ imyaka itatu (3) ku byerekeranye n’u mwanya asabaho ariko
by’akarusho kuba yarakoze mu bikorwa byerekeranye n’ubuvuzi, kumenya gukoresha
mudasobwa, kuvuga neza ururimi rw’ikinyarwanda, icyongereza cyangwa igifaransa,
kumenya izo ndimi zombi bikaba akarusho, kuba indakemwa mu mico no mumyifatire.
Dosiye isaba akazi igomba kuba yujuje ibi
bikurikira:
bikurikira:
- Ifishi isabirwaho akazi yujujwe neza igaragara
ku rubuga nva interineti : www.psc.gov.rw - Fotokopi y’impamyabumenyi
- Icyemezo cy’umukoresha wa nyuma
- Fotokopi y’indangamuntu (Carte d’Identité)
- Equivalence ku bize mu bindi bihugu
Kwakira dosiye zisaba akazi bizatangira ku tariki
ya 25/03/2014 mu biro by’ubunyamabanga bw’ibitaro bya MASAKA, bikazarangira
tariki ya 31/03/2014 saa kumi z’amanywa (16h00).
ya 25/03/2014 mu biro by’ubunyamabanga bw’ibitaro bya MASAKA, bikazarangira
tariki ya 31/03/2014 saa kumi z’amanywa (16h00).
Dr Marcel UWIZEYE
Umuyobozi wungirije w’Ibitaro bya MASAKA