NTARENGWA:
REPUBULIKA
Y’U RWANDA
INTARA
Y’IBURENGERAZUBA
AKARERE KA
RUTSIRO
TEL:
0788830620/0788849976
B.P. 49
KIBUYE
Email:
rutsirodistrict@yahoo.fr
ITANGAZO
RY’AKAZI
Ku bufatanye na
Minrsiteri y’Uburezi, Akarere ka RUTSIRO karamenyesha abantu babshaka kandi
bujuje rbisabwa, ko han imyanya yo kwgisha mu mashun abanza !irnyanya 11,
n’ayisumbuye (imyanya 30), mu mwaka w’amashuri 2015
Abasaba
akazi bagomba kuba bujuje ibi bikurikira
1 Ibaruwa cyangwa
ifishi yuzuzwa isaba akazi
2 Umwirondoro
urambuye w’usaba akazi CV
3. Fotokopr
y’Impamyabumenyi y icyiciro cy’amashuri;
4 Fotokopi
y’indangamuntu
Icyitonderwa
-Abakenewe kwgisha
mu mashuri yisumbuye ni Abarezi basanzwe bigisha mu bigo by’amashuri bibarizwa
mu Karere ka Rutsiro, ubu babonye Impamyabumenyi z`icyiciro cya Kaminuza mu
kwigisha (A1 na A0 Education). Barasabwa komeka kuri dosiye zabo fotokopi
y’impamyabumenyi y’icyiciro cy’amashuri yisumbuye (A2 Certificate)
indangamanota za buri mwaka zigaragaza imitsindire yabo muri Kaminuza (Academic
Transcripts).
-Abashaka kwigisha
mu mashuri abanza bagomba kuba bafite impamyabumenyi y’icyiciro cy’Amashuri
yisumbuye mu kwigisha (A2 TTC).
-Amadosiye y’abasaba
akazi agomba kuba yageieiwe mu Bunyamabanga Rusange bw’Akarere, bitarenze ku wa
gatanu tariki 14/11/2014, saa sita z’amanywa (12H00).
Bikorewe i Rutsiro,
ku wa 05 Ugushylnpo 2014
BYUKUSENGE
Gaspard
Umuyobozi
w’Akarere ka Rutsiro