Imyanya 15 y’AKAZI muri MINISPOC, Kigali, Rwanda

ITANGAZO
RYO GUTANGA AKAZI

Minisiteri
ya Siporo n’Umuco (MINISPOC), iramenyesha abantu bose, ko yifuza  
gutanga akazi kadahoraho, ku bakozi cumi na batanu (15) ko kujonjora no
gutondeka inyandiko (Sorting and filing) zibitswe muri serivisi
y’ishyinguranyandiko y’igihugu (National Archives)mugihe cy’iminsi mirongo
itatu (30).

Abifuza
ako kazi basabwa kuba bujuje ibi bikurikira:    

  • Kuba
    yararangije nibura amashuri 6 yisumbuye mu ishami ry’Ubunyamabanga
    (Secretariat) kandi afite impamyabumenyi
  • kuba
    azi kuvuga no kwandika Ikinyarwanda, Igifaransa n’Icyongereza
  • kuba
    azi gukoresha mudasobwa (Word na Excel)
  • kuba
    yarigeze gukora ako kazi byaba ari akarusho

Ibyangombwa bisabwa ni:
  • Ibaruwa
    isaba akazi yandikiwe Minisitiri wa Siporo n’Umuco
  • Umwirondoro
    (CV)
  • Fotocopi
    ya Dipolome
  • Ifoto
    ngufi y’amabara
Dosiye
zisaba akazi zigomba kuba zageze mu buyobozi bw’Ushinzwe abakozi Muri
MINISPOC, bitarenze tariki ya 29/10/2012 saa kumi n’imwe
z’umugoroba (17h00).
Bikorewe
i Kigali, ku wa 11/10/2012
                                                                                                                    
KALISA
Eduard

Umunyamabanga
uhoraho muri
Minisiteri
ya Siporo n’Umuco
0 0 votes
Article Rating
Subscribe
Notify of
guest

0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments
0
Would love your thoughts, please comment.x
()
x