Ibitaro
bya MASAKA biramenyesha abantu Bose babyifuza ko bishaka gutanga akazi ku
myanya ikurikira:
bya MASAKA biramenyesha abantu Bose babyifuza ko bishaka gutanga akazi ku
myanya ikurikira:
1.
Umushoferi(2)
Umushoferi(2)
Statut:
Sous
Contract
Sous
Contract
Ibisabwa :
- A2
Mécanique Générale - Permis
B na D
2.
Umwakirizi w’amafaranga (Caissier(e)) (1)
Umwakirizi w’amafaranga (Caissier(e)) (1)
Status :
Sous Contract
Sous Contract
Ibisabwa :
- A2
Comptabilité
Abasaba
akazi kuri iyo myanya bose bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
akazi kuri iyo myanya bose bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
Kuba
ari umunyarwanda, kuba afite uburambe mu kazi nibura bw’ imyaka itatu (3) ku
byerekeranye n’umwanya asaba, kuvuga neza ururimi rw’ikinyarwanda, icyongereza
cyangwa igifaransa, kumenya izo ndimi zombi bikaba akarusho, kuba indakemwa mu
mico no mumyifatire.
ari umunyarwanda, kuba afite uburambe mu kazi nibura bw’ imyaka itatu (3) ku
byerekeranye n’umwanya asaba, kuvuga neza ururimi rw’ikinyarwanda, icyongereza
cyangwa igifaransa, kumenya izo ndimi zombi bikaba akarusho, kuba indakemwa mu
mico no mumyifatire.
Dosiye
isaba akazi igomba kuba yujuje ibi bikurikira:
isaba akazi igomba kuba yujuje ibi bikurikira:
- Ifishi
isabirwaho akazi yujujwe neza igaragara ku rubuga rwa interineti : www.psc.gov.rw - Fotokopi
y’impamyabumenyi - Fotocopi
y’Uruhushya rwo gutwara ikinyabiziga (Permis) ku bashoferi - Icyemezo
cy’umukoresha wa nyuma - Fotokopi
y’indangamuntu (Carte d’Identité)
Kwakira
dosiye zisaba akazi bizatarigira ku itariki ya 05/01/2015 mu biro
by’ubunyamabanga bw’ibitaro bya MASAKA, bikazarangira tariki ya 09/01/2015 saa
kumi z’amanywa (16h00).
dosiye zisaba akazi bizatarigira ku itariki ya 05/01/2015 mu biro
by’ubunyamabanga bw’ibitaro bya MASAKA, bikazarangira tariki ya 09/01/2015 saa
kumi z’amanywa (16h00).
Dr
Marcel UWIZEYE
Marcel UWIZEYE
Umuyobozi
w’Agateganyo w’Ibitaro bya MASAKA
w’Agateganyo w’Ibitaro bya MASAKA