sécretaire-caissier
kuri UCTHEN, Byumba, Rwanda – NTARENGWA: 15/07/2014
kuri UCTHEN, Byumba, Rwanda – NTARENGWA: 15/07/2014
Umunyamabanga
akaba n’umubutsi (sécretaire-caissier)
akaba n’umubutsi (sécretaire-caissier)
Ihuriro
ry’Amakoperative y’Abahinzi b’Icyayi mu Majyaruguru (UCTHEN) rirashaka gutanga
akazi ku mwanya ukurikira :
ry’Amakoperative y’Abahinzi b’Icyayi mu Majyaruguru (UCTHEN) rirashaka gutanga
akazi ku mwanya ukurikira :
Umunyamabanga
akaba n’umubutsi (sécretaire-caissier).
akaba n’umubutsi (sécretaire-caissier).
A. Ibisabwa
kuri uwo mwanya:
kuri uwo mwanya:
1 – Kuba ari
umunyarwanda.
umunyarwanda.
2 – Kuba
afite impamyabumenyi y’amashur
afite impamyabumenyi y’amashur
i yisumbuye mu ibaruramari (Comptabilité A2.
3 – Kuba azi
gukoresha ibyuma kabuhariwe mu kubara (Logiciel Word, Excel, Power Point….).
gukoresha ibyuma kabuhariwe mu kubara (Logiciel Word, Excel, Power Point….).
4 – Kuba azi
kuvuga no kwandika ikinyarwanda, igifaransa n’icyongereza neza.
kuvuga no kwandika ikinyarwanda, igifaransa n’icyongereza neza.
5 – Kuba
indakemwa mu mico no myifatire.
indakemwa mu mico no myifatire.
6- Kuba
afite imyaka iri hagati ya 18 na 45.
afite imyaka iri hagati ya 18 na 45.
7 – Kuba
atarigeze yirukanwa mu kazi bitewe no kunyereza ibyo yari ashinzwe gucunga.
atarigeze yirukanwa mu kazi bitewe no kunyereza ibyo yari ashinzwe gucunga.
8 -Kuba
atarigeze afungwa igihe kirenze amezi atandatu (6).
atarigeze afungwa igihe kirenze amezi atandatu (6).
B.
Ibyangombwa bisabwa :
Ibyangombwa bisabwa :
1- Ibaruwa
isaba akazi yandikiwe Perezida wa UCTHEN.
isaba akazi yandikiwe Perezida wa UCTHEN.
2 –
Umwirondoro wa nyirubwite (C.V.).
Umwirondoro wa nyirubwite (C.V.).
3 – Fotokopi
y’ impamyabumenyi.
y’ impamyabumenyi.
4 – Fotokopi
y’irangamuntu.
y’irangamuntu.
5 – Amafoto
abiri (2) magufi y’ibara.
abiri (2) magufi y’ibara.
6 – Aderesi
y’abantu batatu (3) bamuzi neza.
y’abantu batatu (3) bamuzi neza.
C. Ibyo
azaba ashinzwe
azaba ashinzwe
1.Kwakira
impapuro ziturutse hanze no kuzishyikiriza abo zireba.
impapuro ziturutse hanze no kuzishyikiriza abo zireba.
2.Gutegura
inyandiko z’ubuyobozi no kuzishyingura neza.
inyandiko z’ubuyobozi no kuzishyingura neza.
3.Gucunga no
kubika neza ibitabo byose by’ibaruramari,kuzuza imibare yose ijyanye
n’umusaruro w’ihuriro.
kubika neza ibitabo byose by’ibaruramari,kuzuza imibare yose ijyanye
n’umusaruro w’ihuriro.
4.Kubarura
imyenda ririmo cyangwa abayiribereyemo.
imyenda ririmo cyangwa abayiribereyemo.
5.Gukora
ifoto y’umutungo,compte d’exploitation z’ihuriro buri mwaka n’ibindi bijyanye
nabyo. 6.Gukora raporo za buri kwezi akazishyikiriza umukuriye.
ifoto y’umutungo,compte d’exploitation z’ihuriro buri mwaka n’ibindi bijyanye
nabyo. 6.Gukora raporo za buri kwezi akazishyikiriza umukuriye.
7.Gutegura
liste zo guhemberaho abakozi.
liste zo guhemberaho abakozi.
8.Gukora
izindi nshingano ahabwa n’abamukuriye.
izindi nshingano ahabwa n’abamukuriye.
Idosiye
isaba akazi igomba kugera ku cyicaro cy’Ihuriro UCTHEN aho rikorera mu Murenge
wa Byumba, Akarere ka Gicumbi, bitarenze kuwa 15/07/2014 saa kumi (4:00 p.m
).
isaba akazi igomba kugera ku cyicaro cy’Ihuriro UCTHEN aho rikorera mu Murenge
wa Byumba, Akarere ka Gicumbi, bitarenze kuwa 15/07/2014 saa kumi (4:00 p.m
).
Ikizamini
kuri uwo mwanya kizatangwa tariki ya 22/07/2014 saa mbiri za mu gitondo ( 8:00
a.m ) ku cyicaro cya UCTHEN.
kuri uwo mwanya kizatangwa tariki ya 22/07/2014 saa mbiri za mu gitondo ( 8:00
a.m ) ku cyicaro cya UCTHEN.
SIMPUNGA
Damien
Damien
Perezida wa
UCTHEN
UCTHEN