Rwanda – CLOSE 24/7/
FINANCIAL SAFETY COMPANY Ltd (FISA Co Ltd), irifuza
guha akazi abantu bafite ubushobozi, ubumenyi n’uburambe ku myanya
ikurikira:
guha akazi abantu bafite ubushobozi, ubumenyi n’uburambe ku myanya
ikurikira:
Umubitsi : Kuba afite
(A2) mu mashami akurikira: icungamari, ubuku
(A2) mu mashami akurikira: icungamari, ubuku
ngu n’ubucuruzi; Buri mukozi agomba
kuba ari umunyarwanda; azi gukoresha neza mudasobwa; afite ubumenyi mu kwakira
neza abakiriya no kuba asobanukiwe neza imirimo y’ibigo by’imari; azi kuvuga no
kwandika neza ikinyarwanda, igifaransa cyangwa icyongereza; afite nibura imyaka
25 y’ amavuko kandi atarengeje 45; kuba yiteguye guhita atangira akazi.
Dosiye isaba akazi igizwe:
n’ibaruwa yandikiwe Perezida w’Inama
y’Ubutegetsi ya FISA Co Ltd, umwirondoro uherekejwe na aderesi z ‘abantu batatu
bamuzi, fotokopi ya diplome cyangwa certificat, fotokopi y’indangamuntu; igomba
kuba yagejejwe ku biro bya FISA Co Ltd bitarenze ku wa gatanu tariki ya 24
Nyakanga 2015 saa kumi z’umugoroba (16h00). Abazaba batoranijwe bazakora
ikizamini kuwa gatatu tariki ya 29 Nyakanga 2015 guhera saa yine za mu gitondo
(10h00) ku biro bya FISA Co Ltd.
y’Ubutegetsi ya FISA Co Ltd, umwirondoro uherekejwe na aderesi z ‘abantu batatu
bamuzi, fotokopi ya diplome cyangwa certificat, fotokopi y’indangamuntu; igomba
kuba yagejejwe ku biro bya FISA Co Ltd bitarenze ku wa gatanu tariki ya 24
Nyakanga 2015 saa kumi z’umugoroba (16h00). Abazaba batoranijwe bazakora
ikizamini kuwa gatatu tariki ya 29 Nyakanga 2015 guhera saa yine za mu gitondo
(10h00) ku biro bya FISA Co Ltd.