NTARENGWA:
30/03/2016
30/03/2016
Ubuyobozi
bw’Akarere ka Rutsiro burashishikariza abantu bose bujuje ibyangombwa kandi
babifitiye ubushobozi bifuza gupiganira imyanya igaragara mu mbonerahamwe
ikurikira :
bw’Akarere ka Rutsiro burashishikariza abantu bose bujuje ibyangombwa kandi
babifitiye ubushobozi bifuza gupiganira imyanya igaragara mu mbonerahamwe
ikurikira :
Abantu
blfuza guplgamra iyo myanya kandl bujuje ibisabwa bagomba kuzuza
lfishl Isablrwaho akazl Iboneka ku rubuga rwa Komisiyo y’Abakozi ba Leta
www.psc.gov.rw, iherekejwe na fotokopi y’ Impamyabushobozi ndetse na Fotokopi
y’ Indangamuntu. Ahasabwa uburambe mu kazi hagomba kugaragara impapuro
zibugaragaza.
blfuza guplgamra iyo myanya kandl bujuje ibisabwa bagomba kuzuza
lfishl Isablrwaho akazl Iboneka ku rubuga rwa Komisiyo y’Abakozi ba Leta
www.psc.gov.rw, iherekejwe na fotokopi y’ Impamyabushobozi ndetse na Fotokopi
y’ Indangamuntu. Ahasabwa uburambe mu kazi hagomba kugaragara impapuro
zibugaragaza.
Amadosiye
asaba akazi agomba kuba yagejejwe mu Bunyamabanga Rusange bw’ Akarere ka RUTSIRO
bitarenze ku wa 30/03/2016 i saa kumi z’ amanywa (16h00). Abafite
impamyabumenyi zitatangiwe ku butaka bw’u Rwanda basabwe kugaragaza inyandiko
igaragaza ko zemewe na Leta y’u Rwanda (Equivalence).Urutonde rw’ abemerewe
gukora ndetse n’itariki ibizamini bizabereho bizanyuzwa ku rubuga rwa internet
rw’ Akarere ka RUTSlRO: www.rutsiro.gov.rw ndetse n’ahamanikwa amatangazo
ku biro by’Akarere.
asaba akazi agomba kuba yagejejwe mu Bunyamabanga Rusange bw’ Akarere ka RUTSIRO
bitarenze ku wa 30/03/2016 i saa kumi z’ amanywa (16h00). Abafite
impamyabumenyi zitatangiwe ku butaka bw’u Rwanda basabwe kugaragaza inyandiko
igaragaza ko zemewe na Leta y’u Rwanda (Equivalence).Urutonde rw’ abemerewe
gukora ndetse n’itariki ibizamini bizabereho bizanyuzwa ku rubuga rwa internet
rw’ Akarere ka RUTSlRO: www.rutsiro.gov.rw ndetse n’ahamanikwa amatangazo
ku biro by’Akarere.
Itangazo
rya PDF
rya PDF
Gufungura
iri tangazo muri PDF, KANDA HANO
iri tangazo muri PDF, KANDA HANO