Imyanya 28 y’AKAZI ku Karere ka Kamonyi, Kamonyi, Rwanda

Ubuyobozi bw’Akarere burarnenyesha abantu babishaka kandi bujuje ibisabwa ko bwifuzagutanga akazi ku myanya ikirikira :

1. Abakozi bashinzwe imisoro n’ibaruramari ku Mirenge (Revenue and Accounting officer at sector level)
(12) AO in Public Finance, Accounting, Management ; kugira certificat ya ACCA ni akarusho

2. Umukozi ushinzwe ibikorwamezo ku Karere (Engineer in charge of infrastructure at District level) 2 AO in Civil Engineering, Public works and rban Planning

3. Abakozi b’ivuriro rya Busoro (infirmier & Laborantin,comptable) (3) A1 Infirmier, A2 Labaratoire, A2 Comptabilite

4. Abakozi bashinzwe iterambere mu tugari (In charge of socio-economic development at cell) (2) A2 in Agronomy, Veterinary, Forestry, Social Sciences.

5. Abakozi bashinzwe Ubwisungane mu kwivuza mu dushami (Chargé de section de mutuelle) (4) A2 Cornptabilite

6.VUP Financial officer (1) AO in Public Finance, Accounting, Management ; kugira certificat ya ACCA ni akarusho

7. Manager of Service Access Point (2) AO Management, Economics, Finance, Marketing, Information Technology and Management with relevant skills in ICT

8. I.T. Technician of Service Access Point (2) AO Computer sciences, Information Technology and Management.

Dosiye isaba akazi igizwe n’ifishi isabirwaho akazi yujujwe neza iherekejwe na fotokopi ya Diplome igomba kuba yagejejwe mu bunyamabanga rusange bw’Akarere ka Kamonyi bitarenze kuwa gatanu taliki 25/05/2012 saa kumi n’imwe (17hOO’).

Urutonde rw’ abazaba bujuje ibisabwa bemerewe gukora ibizamini ruzaba rumanitse ku biro by’Akarere ku wa gatatu taliki ya 30.05.2012.

Ikizamini cyanditse giteganyijwe kuwa gatanu taliki 01.06.2012 saa tatu za mugitondo (9hOO’) ku biro by’Akarere ka KAMONYI.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *