Ubuyobozi bw’Akarere ka NYABIHU buramenyesha
abashaka akazi kandi bujuje ibyangombwa bisabwa ko hari umyanya w’U’rnukozi
ushinzwe Umutekano (District Security officer) wo gukorera ku masezerano mu
gibe kingana n’amezi atandatu ashobora kongcrwa.
abashaka akazi kandi bujuje ibyangombwa bisabwa ko hari umyanya w’U’rnukozi
ushinzwe Umutekano (District Security officer) wo gukorera ku masezerano mu
gibe kingana n’amezi atandatu ashobora kongcrwa.
Ibisabwa kuri uwo mwanva:
- Kuba afite amashuri ya kaminuza (A0),
- Kuba an Umunyanvanda
- Kuba yarakoze mu nzego z’ umutekano.
Ababyifuza basabwe kuzana ibyangombwa
bikurikira:
bikurikira:
- Fotokopi y’Impamyabumenyi itariho umukono wa
Noteri, - Fotokopi y’Indangamuntu,
- kuzuza impapuro zabugenewe mu gusaba akazi
muzasanga ku biro by’Akarere cyangwa kuri website ya Komisiyo y’Abakozi ba
Leta , - kuzana icyangombwa kigaragaza ko yakoze mu
nzego z’umutekano - kuzana Equivalence ku muntu wize hanze
y’Igihugu.
Ababifitiye ubushobozi kandi babyifuza basabwe kuba
bagejejc ibyangombwa bisaba akazi ku biro by’Akarere bitarenze ku wa 23/01/2014
i saa kumi n’imwe z’umugoroba.
bagejejc ibyangombwa bisaba akazi ku biro by’Akarere bitarenze ku wa 23/01/2014
i saa kumi n’imwe z’umugoroba.
Icyitonderwa:
- Urutonde rw’abazaba Jpemerewe gukora ikizamini
ruzaba rumanitse ku biro by’Akarere kuwa 24/01/2014 - Ikizamini kizakorwa kuwa 28/01/2014
Bikorewe i Nyabihu, kuwa 16/01/2014
TWAHIRWA Abdoulatif
Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu