Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma buramenyesha abantu
bose babishaka kandi babifitiye ubushobozi n’ubumenyi ko bukeneye abakozi ku
myanya ikurikira :
bose babishaka kandi babifitiye ubushobozi n’ubumenyi ko bukeneye abakozi ku
myanya ikurikira :
01. Umukozi w’igihe gito (contractual)
Ushinzwe !torero ry’igihugu
Ushinzwe !torero ry’igihugu
02. Civil Engineer Ushinzwe gukurikirana ibikorwa
biterwa inkunga na RLDSF ufite contrat y’umwaka 1 ishobora kongerwa igihe
bibaye ngombwa
biterwa inkunga na RLDSF ufite contrat y’umwaka 1 ishobora kongerwa igihe
bibaye ngombwa
- kuba ari umunyarwanda,
- kuba afite impamyabumenyi y’icyiciro cya
kabiri cyaj kaminuza (AO) muri Civil Engineering ; - Kuba afite icyemezo cy’umukoresha we wa
nyuma ; - Kuba yiteguye guhita atangira akazi.
03. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari (02)
- Kuba ari umunyarwanda ; ’
- Kuba afite impamyabumenyi ya A2 muri ibi
bikurikira amategeko (Law), ubutegetsi n’imiyoborere (Public
Administration) or imbonezamubano (Social Sciences) - Kuba afite byibura uburambe bw’imyaka itatu
- akorana n’abaturage.
- kuba yiteguye gukorera mu Kagari akariko kose
mu Karere ka Ngoma.
04. Abakozi bashinzwe imibereho myiza y’Abaturage
n’Iterambere ry’Ubukungu mu Kagari (07)
n’Iterambere ry’Ubukungu mu Kagari (07)
- Kuba ari umunyarwanda ;
- Kuba afite impamyabumenyi yo mu rwego rwa A2
muri Agronomy (ubuhinzi), Veterinairie (ubuvuzi bw’amatungo), Amashyamba
(Forestry), imbonezamubano (Social Sciences) ; n’ibindi bisa n’ibi
(or other relevant field), - Kuba yiteguye gukorera mu Kagari ako ari ko
kose kabarizwa mu Karere ka Ngoma
05. Umukozi w’igihe gito (Contractuel) ushinzwe
ubukangurambaga mu mashyamba (animateur forestier) ku nkunga ya MINIRENA / RNRA
/ (3)
ubukangurambaga mu mashyamba (animateur forestier) ku nkunga ya MINIRENA / RNRA
/ (3)
- Kuba ari umunyarwanda ;
- Kuba yarize ibireba n’amashyamba kandi
abifitiye impamyabumenyi yo ku rwego rwa A2 (Forestry) yemewe mu Rwanda - kuba yiteguye gukorera mu murenge uwo ariwo
wose ugize akarere ka Ngoma ; - kuba yiteguye guhita atangira akazi
- Kuba afite inararibonye mu mirimo igendanye
no gutegura pepiniyeri z’ibiti ; gutera amashyamba no kuyitaho byaba
ari akarusho.
06. Umunyamabanga Ncungamutungo w’ikigo cy’amashuri
(10)
1. G.S. KIBUNGO
2. G.S KIBARA
3. G.S.ZAZA A
4. G.S. KABIRIZI B
5. G.S. GITUKU
6. G.S. GASETSA
7. G.S. GASHANDA
8. G.S. JARAMA
9. G.S GAHAMA
10. E.S RURAMA
(10)
1. G.S. KIBUNGO
2. G.S KIBARA
3. G.S.ZAZA A
4. G.S. KABIRIZI B
5. G.S. GITUKU
6. G.S. GASETSA
7. G.S. GASHANDA
8. G.S. JARAMA
9. G.S GAHAMA
10. E.S RURAMA
- Kuba ari Umunyarwanda ;
- Kuba afite impamyabubenyi ya A2 mu
icungamutungo (Accountancy)
07. Umuyobozi w’ikigo cy’amashuri abanza
1. E.P. GAFUNZO
2. E.P. KABARE I
1. E.P. GAFUNZO
2. E.P. KABARE I
- Kuba ari Umunyarwanda
- Kuba afite impamyabumenyi ya A2 mu
nderabarezi rusange (Normal Primaire NP) n’uburambe mu kazi bw’imyaka 5
mu mirimo y’uburezi
08. Umuyobozi w’ikigo wungirije ushinzwe amasomo
(04)
1. G.S.JARAMA
2. G.S. KANSANA
3. E.S. KABIRIZI
4. G.SZAZA A
(04)
1. G.S.JARAMA
2. G.S. KANSANA
3. E.S. KABIRIZI
4. G.SZAZA A
- Kuba ari Umunyarwanda ;
- Kuba afite impamyabubenyi ya AO muri
psycho-pedagogy n’uburambe mu kazi bw’imyaka 3 mu burezi.
09. Umuyobozi w’amashuri yisumbuye G.SNDEKWE (01)
- Kuba ari Umunyarwanda ;
- Kuba afite impamyabumenyi ya AO mu Burezi
(Education)
10. Umukozi wigihe gito ushinzwe ubworozi mu
Murenge (Veterinaire) (1)
Murenge (Veterinaire) (1)
- kuba ari umunyarwanda ;
- kuba afite impamyabumenyi ya A2 muri
Veterinary. - kuba yiteguye gukorera mu murenge uwo ariwo
wose ugize akarere ka Ngoma ; - kuba yiteguye guhita atangira akazi
11. Permanent Secretary of joint Action Development
Forum (JADF) Umukozi w’igihe gito (contractual)
Forum (JADF) Umukozi w’igihe gito (contractual)
- Kuba ari umunyarwanda ;
- Kuba afite impamyabubenyi ya Ao muri
Economics, Management, Public administration, Business studies, Rural
Developpement, - Kuba afite uburambe bw’imyaka 3 mu mirimo
ijyanye no gukorana n’abafatanya bikorwa ; - Kuba azi gukoresha neza mudasobwa muri
programmes za za MS Word, Excel, Power Point ;
12. In charge of Communication, Public Relations
and Customer care
and Customer care
- Kuba ari Umunyarwanda ;
- Kuba afite impamyabumenyi ya AO muri
Communication, Public Relations. - Kuba azi kuvuga no kwandika Ikinyarwanda,
Icyongereza n’Igifaransa
13. Umukozi w’igihe gito (contractual) ushinzwe
gahunda za VUP mu Murenge (VUP Program Manager) (02)
gahunda za VUP mu Murenge (VUP Program Manager) (02)
- Kuba ari Umunyarwanda ;
- Kuba afite impamyabumenyi ya AO muri
- Managment, Economics
- Kuba yiteguye gukorera mu Murenge uwariwo
wose gahunda ya VUP ikoreramo
14. Abanyamabanga b’amashami y’ubuyobozi mu Karere
(secretary to the unit) (02)
(secretary to the unit) (02)
- Kuba ari Umunyarwanda ;
- Kuba afite Impamyabumenyi ya A2 mu
bunyamabanga (secretariat), n’uburambe mu kazi bw’imyaka2
Ibyangombwa bisabwa ni ibi bikurikira :
- Kuzuza neza ifishi isaba akazi iboneka mu
Bunyamabanga Rusange bw’Akarere ka Ngoma no kuri website www.psc.gov.rw ; - Kopi y’impamyabumenyi igaragaza amashuri
yize ; - Fotokopi y’Indangamuntu y’usaba akazi ;
- Inyandiko zigaragaza aho wakoze ku basabwa
uburambe ; - Abasaba akazi ku mwanya w’ubuyobozi bw’ikigo,
umuyobozi wungirije ushinzwe amasomo n’Umunyamabanga Ncungamutungo
w’ikigo cy’amashuri mu bigo by’abihayimana n’iby’Amadini bicungwa ku
bufatanye na Leta, barasabwa sous couvert yaba nyiri ibigo.
Abasaba akazi basabwe kuba bagejeje ibyangombwa
bisaba mu bunyamabanga Rusange bw’Akarere ka Ngoma bitarenze kuwa 18/12/2013
isaa kumi n’imwe (17h00) z’umugoroba.
bisaba mu bunyamabanga Rusange bw’Akarere ka Ngoma bitarenze kuwa 18/12/2013
isaa kumi n’imwe (17h00) z’umugoroba.
NB :
- Ubuyobozi bw’Akarere burashishikariza
igitsina gore gupiganirwa iyi myanya yavuzwe haruguru ; - Abakandida bazaba bemerewe gukora ikizamini
cyanditse nibo bazahamagarwa gusa.