Imyanya 38 y’AKAZI mu Karere ka Ngoma, Ngoma, Rwanda

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma buramenyesha abantu
bose babishaka kandi babifitiye ubushobozi n’ubumenyi ko bukeneye abakozi ku
myanya ikurikira :
01. Umukozi w’igihe gito (contractual)
Ushinzwe !torero ry’igihugu
    • kuba ari umunyarwanda,
    • Kuba afite impamyabumenyi ya (AO) muri ibi
      bikurikira : Sociology, Political Science, Public Administration,
      Education, Law, Rural Development, Business Administration, Management,
      Economics ;
02. Civil Engineer Ushinzwe gukurikirana ibikorwa
biterwa inkunga na RLDSF ufite contrat y’umwaka 1 ishobora kongerwa igihe
bibaye ngombwa
    • kuba ari umunyarwanda,
    • kuba afite impamyabumenyi y’icyiciro cya
      kabiri cyaj kaminuza (AO) muri Civil Engineering ;
    • Kuba afite icyemezo cy’umukoresha we wa
      nyuma ;
    • Kuba yiteguye guhita atangira akazi.
03. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari (02)
    • Kuba ari umunyarwanda ; ’
    • Kuba afite impamyabumenyi ya A2 muri ibi
      bikurikira amategeko (Law), ubutegetsi n’imiyoborere (Public
      Administration) or imbonezamubano (Social Sciences)
    • Kuba afite byibura uburambe bw’imyaka itatu
    • akorana n’abaturage.
    • kuba yiteguye gukorera mu Kagari akariko kose
      mu Karere ka Ngoma.
04. Abakozi bashinzwe imibereho myiza y’Abaturage
n’Iterambere ry’Ubukungu mu Kagari (07)
    • Kuba ari umunyarwanda ;
    • Kuba afite impamyabumenyi yo mu rwego rwa A2
      muri Agronomy (ubuhinzi), Veterinairie (ubuvuzi bw’amatungo), Amashyamba
      (Forestry), imbonezamubano (Social Sciences) ; n’ibindi bisa n’ibi
      (or other relevant field),
    • Kuba yiteguye gukorera mu Kagari ako ari ko
      kose kabarizwa mu Karere ka Ngoma
05. Umukozi w’igihe gito (Contractuel) ushinzwe
ubukangurambaga mu mashyamba (animateur forestier) ku nkunga ya MINIRENA / RNRA
/ (3)
    • Kuba ari umunyarwanda ;
    • Kuba yarize ibireba n’amashyamba kandi
      abifitiye impamyabumenyi yo ku rwego rwa A2 (Forestry) yemewe mu Rwanda
    • kuba yiteguye gukorera mu murenge uwo ariwo
      wose ugize akarere ka Ngoma ;
    • kuba yiteguye guhita atangira akazi
    • Kuba afite inararibonye mu mirimo igendanye
      no gutegura pepiniyeri z’ibiti ; gutera amashyamba no kuyitaho byaba
      ari akarusho.
06. Umunyamabanga Ncungamutungo w’ikigo cy’amashuri
(10)

1. G.S. KIBUNGO
2. G.S KIBARA
3. G.S.ZAZA A
4. G.S. KABIRIZI B
5. G.S. GITUKU
6. G.S. GASETSA
7. G.S. GASHANDA
8. G.S. JARAMA
9. G.S GAHAMA
10. E.S RURAMA
    • Kuba ari Umunyarwanda ;
    • Kuba afite impamyabubenyi ya A2 mu
      icungamutungo (Accountancy)
07. Umuyobozi w’ikigo cy’amashuri abanza
1. E.P. GAFUNZO
2. E.P. KABARE I
    • Kuba ari Umunyarwanda
    • Kuba afite impamyabumenyi ya A2 mu
      nderabarezi rusange (Normal Primaire NP) n’uburambe mu kazi bw’imyaka 5
      mu mirimo y’uburezi
08. Umuyobozi w’ikigo wungirije ushinzwe amasomo
(04)

1. G.S.JARAMA
2. G.S. KANSANA
3. E.S. KABIRIZI
4. G.SZAZA A
    • Kuba ari Umunyarwanda ;
    • Kuba afite impamyabubenyi ya AO muri
      psycho-pedagogy n’uburambe mu kazi bw’imyaka 3 mu burezi.
09. Umuyobozi w’amashuri yisumbuye G.SNDEKWE (01)
    • Kuba ari Umunyarwanda ;
    • Kuba afite impamyabumenyi ya AO mu Burezi
      (Education)
10. Umukozi wigihe gito ushinzwe ubworozi mu
Murenge (Veterinaire) (1)
    • kuba ari umunyarwanda ;
    • kuba afite impamyabumenyi ya A2 muri
      Veterinary.
    • kuba yiteguye gukorera mu murenge uwo ariwo
      wose ugize akarere ka Ngoma ;
    • kuba yiteguye guhita atangira akazi
11. Permanent Secretary of joint Action Development
Forum (JADF) Umukozi w’igihe gito (contractual)
    • Kuba ari umunyarwanda ;
    • Kuba afite impamyabubenyi ya Ao muri
      Economics, Management, Public administration, Business studies, Rural
      Developpement,
    • Kuba afite uburambe bw’imyaka 3 mu mirimo
      ijyanye no gukorana n’abafatanya bikorwa ;
    • Kuba azi gukoresha neza mudasobwa muri
      programmes za za MS Word, Excel, Power Point ;
12. In charge of Communication, Public Relations
and Customer care
    • Kuba ari Umunyarwanda ;
    • Kuba afite impamyabumenyi ya AO muri
      Communication, Public Relations.
    • Kuba azi kuvuga no kwandika Ikinyarwanda,
      Icyongereza n’Igifaransa
13. Umukozi w’igihe gito (contractual) ushinzwe
gahunda za VUP mu Murenge (VUP Program Manager) (02)
    • Kuba ari Umunyarwanda ;
    • Kuba afite impamyabumenyi ya AO muri
    • Managment, Economics
    • Kuba yiteguye gukorera mu Murenge uwariwo
      wose gahunda ya VUP ikoreramo
14. Abanyamabanga b’amashami y’ubuyobozi mu Karere
(secretary to the unit) (02)
    • Kuba ari Umunyarwanda ;
    • Kuba afite Impamyabumenyi ya A2 mu
      bunyamabanga (secretariat), n’uburambe mu kazi bw’imyaka2
Ibyangombwa bisabwa ni ibi bikurikira :
    • Kuzuza neza ifishi isaba akazi iboneka mu
      Bunyamabanga Rusange bw’Akarere ka Ngoma no kuri website www.psc.gov.rw ;
    • Kopi y’impamyabumenyi igaragaza amashuri
      yize ;
    • Fotokopi y’Indangamuntu y’usaba akazi ;
    • Inyandiko zigaragaza aho wakoze ku basabwa
      uburambe ;
    • Abasaba akazi ku mwanya w’ubuyobozi bw’ikigo,
      umuyobozi wungirije ushinzwe amasomo n’Umunyamabanga Ncungamutungo
      w’ikigo cy’amashuri mu bigo by’abihayimana n’iby’Amadini bicungwa ku
      bufatanye na Leta, barasabwa sous­ couvert yaba nyiri ibigo.
Abasaba akazi basabwe kuba bagejeje ibyangombwa
bisaba mu bunyamabanga Rusange bw’Akarere ka Ngoma bitarenze kuwa 18/12/2013
isaa kumi n’imwe (17h00) z’umugoroba.
NB :
    • Ubuyobozi bw’Akarere burashishikariza
      igitsina gore gupiganirwa iyi myanya yavuzwe haruguru ;
    • Abakandida bazaba bemerewe gukora ikizamini
      cyanditse nibo bazahamagarwa gusa.
0 0 votes
Article Rating
Subscribe
Notify of
guest

0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments
0
Would love your thoughts, please comment.x
()
x